NDEKEZI Johnson

1056 Articles

Ubuhanzi bwitaweho bwagaragajwe nk’imwe mu nkingi z’ubukungu bw’igihugu

Hagaragajwe ko urwego rw'ubuhanzi n'ubugeni rushobora kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukungu bw'u Rwanda, binyuze mu kongerera abahanzi ubumenyi…

Bugesera: Urubyiruko rwungutse ubumenyi n’igishoro cy’ibikoresho by’imyuga

Urubyiruko 158 rwo mu Karere ka Bugesera rwahawe impamyabushobozi n’ibikoresho by’imyuga nk’igishoro cyo gutangira imirimo, nyuma yo gusoza amasomo y’imyuga…

Diane Nkusi yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Santa Israel’ amaze imyaka 12 yanditse

Umuhanzikazi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Diane Nkusi, yashyize hanze amashusho y'indirimbo ye nshya yise ‘Santa Israel’, avuga ko…

Ishuri rya St Augustin ry’i Muhanga ryizihije yubile y’imyaka 25 rimaze rishinzwe

Ishuri ribanza ryigenga rya Saint Augustin ryizihije isabukuru y'imyaka 25 rimaze rishinzwe, rinashimira abanyeshuri baryo bitwaye neza ribasonera amafaranga y'ishuri…

Gicumbi: Imurikabikorwa ryabasigiye ibyishimo n’amafaranga

Abamurikabikorwa mu Karere ka Gicumbi bavuga ko imurikabikorwa mu iterambere rizwi nka “JADF Open Day” ryabafashije kubona abakiriya bashya, kugurisha…

Hagaragajwe ko hakiri ruswa mu gutanga ibyangombwa byo kubaka

Umuvunyi Mukuru, Madeleine Nirere, yagaragaje ko serivisi zitangwa na Leta zijyanye n’ubutaka, cyane cyane izo gutanga ibyangombwa byo kubaka, zikigaragaramo…

Ashton Hall na Kagarara bagiranye ibiganiro na RDB

Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere (RDB) rwagiranye ibiganiro na Ashton Hall, Enock Uwizeye uzwi nka Kagarara (Ashton Small) na Yogendra Kushwah uzwi…

Perezida Kagame yerekeje mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Geneva mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry'ikoranabuhanga ry'ubwenge buhangano…

Ubumuntu Arts Festival igiye kuba ku nshuro ya 12

Iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubuhanzi rya Ubumuntu Arts Festival rigiye kongera kubera i Kigali kuva ku wa 13-19 Nyakanga 2026, aho ryitezweho…

Min. Irere yamaze igihunga abatangiye ibizamini bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza gukora nta gihunga…