NDEKEZI Johnson

1072 Articles

Mitsutsu yapfushije murumuna we

Umuvandimwe w'umunyarwenya Kazungu Emmanuel, uzwi nka Mitsutsu, yitabye Imana nyuma yo kumara imyaka ibiri arembeye mu bitaro. Mu butumwa yashyize…

“Ntiyarekeye Gukora”: Korali Amahoro yasohoye indirimbo nshya – VIDEO

Korali Amahoro ibarizwa mu Itorero ADEPR Kinamba yasohoye indirimbo nshya yise “Ntiyarekeye Gukora”, ikubiyemo ubutumwa bwo kwibutsa abantu ko imirimo…

Abantu ibihumbi bagiye guhurira muri ‘All Women Together Conference 2026’

Itorero Noble Family Church na Women Foundation Ministries byateguye igiterane ngarukamwaka cy’abagore “All Women Together Conference 2026”, kizabera muri BK…

IAKaremye yavuye imuzi iby’inzoga z’ibyuma mu ndirimbo nshya

Daniel Sibomana uzwi nka X-Bow Man mu muziki, by’umwihariko nka IAKaremye nk’umuhanzi wifashisha ikoranabuhanga rya AI, yashyize hanze indirimbo iburira…

Bralirwa Plc yungutse miliyari 25,3 Frw mu mezi atandatu

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, rwatangaje ko rwungutse miliyari 25,3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro mu gice cya…

Expo2026: MINICOM yemeza ko Made in Rwanda ikomeje gutanga icyizere

Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda (MINICOM) yatangaje ko ibimurikwa mu Imurikagurisha Mpuzamahanga rya 29 (Expo2026) bigaragaza intambwe igihugu kimaze gutera mu kongera…

Abamamazabuhinzi basabwe kongera umusaruro w’ubuhinzi

Abamamazabuhinzi 311 bahawe impamyabushobozi zemewe ku rwego rw’igihugu basabwe gufasha abahinzi guhinga kinyamwuga, kubagira inama no gukoresha uburyo bugezweho mu…

FPR Inkotanyi yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri Mukabalisa

Umuryango FPR-Inkotanyi wafashe mu mugongo Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu (PL) n'umuryango wa Senateri Mukabalisa Donatille, witabye Imana azize…

Hasabwe ko ikoreshwa rya AI rishingira ku cyizere n’imiyoborere inoze

RWANDA: Inzego za Leta, iz’ikoranabuhanga, abikorera n’abafatanyabikorwa mu iterambere bagaragaje ko ubwiyongere bw’ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) busaba imiyoborere ishingiye ku…

Hatangijwe umushinga wo gusana ibidukikije ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu

Mu rwego rwo gusana ibidukikije byangiritse mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu, Umuryango Centre d’Intervention et d’Action Communautaire (CIAC Rwanda) watangije…