NDEKEZI Johnson

1004 Articles

Gen. Tshiwewe yashinjwe gutunga intwaro zo guhirika Tshisekedi

Gen. Christian Tshiwewe, wabaye Umugaba Mukuru w’ingabo za RDC, yagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane, mu byo yashinjwe harimo…

Umugore wateye banki i Kinshasa yoherejwe gufungirwa mu Budage

Honorine Porsche, umugore ufite ubwenegihugu bw’Ubudage ukomoka muri RDC, wari mu itsinda ryagabye igitero kuri Rawbank i Kinshasa, yoherejwe mu…

Irondo ry’abagore ryahabije abajura bibaga ku manywa y’ihangu

KIREHE: Mu bice byinshi by’u Rwanda irondo rikunze gukorwa nijoro n’abagabo, ariko mu Mudugudu wa Kamarashavu ho abagore barikora ku…

M23 yashwishurije abarota gufata ibirombe bya Rubaya

Guverineri wa Kivu y'Amajyaruguru, Bahati Erasto Musanga, yahamije ko abarota gufata Rubaya, ikungahaye ku birombe by'amabuye y'agaciro, bifashishije intambara nta…

U Burundi bwavumbuye ibirombe bya peteroli

Perezida w'u Burundi, Varisito Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye cyavumbuye ibirombe bya peteroli, bifite ubushobozi bwo gucukurwamo utugunguru twinshi buri…

Abarenga ibihumbi 70 batangiye ibizamini ngiro (pratique) bya Leta

Minisiteri y’Uburezi yatangije ibihe by'ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga…

Samia ari mu Burusiya mu ruzinduko rwo guhindura ibintu

Samia Suluhu Hassan, Perezida wa Tanzania, yageze mu Burusiya mu ruzinduko rw’iminsi itatu rugamije guhindura ibintu no kurushaho gushimangira umubano…

Amavubi yitegura imikino ya gicuti yatangiye umwiherero (Amafoto)

Ku wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye umwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti…

Abantu bane biyongereye ku wakize Ebola muri RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryemeje ko muri RDC abantu bane biyongereye ku wundi umwe uherutse gukira ubwoko…

Byarenze kurengera ibidukikije biba isoko y’amafaranga: Green Gicumbi yasize benshi bamwenyura

Umushinga wa Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukora ibikorwa binyuranye…