NDEKEZI Johnson

978 Articles

Kubika mu ngo ibikoresho bishaje birimo telefone byakwangiza ubuzima

Abaturarwanda n’abatuye Isi muri rusange baragirwa inama yo kutabika mu nzu cyangwa ngo bajugunye aho babonye ibikoresho by’ikoranabuhanga bishaje, kuko…

Green Party irasaba kubaka umuryango muzima

Abarwanashyaka b’ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) mu Karere ka Huye mu Ntara…

Abo kuri Nyirangarama basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bahavana amasomo

Abakozi n’abanyeshuri bo kuri Nyirangarama mu Karere ka Rulindo basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda…

Ndayishimiye yabwiye Abarundi ko bamuhemba intica ntikize

Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, aravuga ko umushahara ahembwa ari intica ntikize ku buryo utabasha kumutunga we n’umuryango we.…

Bugesera: Comfort My People Ministry yatashye inzu yasaniye uwarokotse Jenoside

Umuryango wa gikirisitu udaharanira inyungu Comfort My People Ministry watashye inzu wasaniye umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,…

Idini Bahá’í mu Rwanda ryatoye abagize Inteko y’Ubutungane

Idini ry’aba Bahá’í mu Rwanda ryatoye abanyamuryango icyenda bagize Inteko y’Ubutungane ku rwego rw’igihugu, bagiye gukora mu gihe cy’umwaka umwe.…

Trump yateguje “operasiyo” idasanzwe yo kubohora Hormuz

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko guhera kuri uyu wa mbere igihugu cye kigiye kubohora…

Ibitero bya ‘drones’ byishe inka nyinshi i Masisi

Ihuriro rya AFC/M23 rirashinja ingabo za Leta bahanganye gukoresha ‘drones’ n’imbunda ziremereye mu kurasa ibice bituwe n’abaturage muri teritwari za…

Gitifu yatawe muri yombi aregwa ibirimo “kumena ibanga ry’akazi”

Nyarugenge: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, akurikiranyweho ibyaha bya…

Umutegetsi w’ikirenga wa Iran yashyize umucyo ku muhora wa Hormuz

Ayatollah Mojtaba Khamenei yatangaje ko Iran idateze gupfukamira Amerika n’abambari bayo kandi ko nta mwanya bafite mu muhora wa Hormuz.…