NDEKEZI Johnson

943 Articles

Igiciro cya Lisansi cyageze ku 2,938 Frw

Igiciro cya Lisansi cyazamuwe kigera ku mafaranga y’u Rwanda 2,938 kuri litiro, aho byatangiye kubahirizwa kuva kuri uyu wa Gatanu…

Ikawa y’u Rwanda yaciye agahigo muri Amerika

Ikawa y’u Rwanda yaje muri 5 zahize izindi mpagararizi 48 zasogongerewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa ‘World of Coffee San Diego’,…

‘Comfort my People Ministry’ yasaniye inzu uwarokotse Jenoside

Umuryango wa gikirisitu udaharanira inyungu witwa ‘Comfort My People Ministry’ wasaniye inzu umupfakazi wa Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mukandori Dancille,…

Gukumira no kurwanya Jenoside ni inshingano ya buri Munyarwanda – Depite Harebamungu

Dr. Mathias Harebamungu, umwe mu badepite bahagarariye u Rwanda mu Nteko ya EALA, avuga ko buri Munyarwanda afite inshingano zo…

Abafasha ababaswe n’ibiyobyabwenge muri EAC bahuguriwe i Kigali

Umuryango Mpuzamahanga wa Teen Challenge, urwana urugamba rwo gufasha no guhindura ababaye imbata zo gukoresha ibiyobyabwenge, wongereye ubumenyi abawuhagarariye mu…

Abanyeshuri bo mu Bufaransa bujuje ishuri i Masaka

Itsinda ry’abanyeshuri biga ubwubatsi mu Bufaransa bari mu Rwanda mu mahugurwa y’imenyerezamwuga mu bikorwa by’ubwubatsi, bubatse ishuri ry’incuke n’irerero ry’icyitegererezo…

Abahura n’ihohoterwa basabye kudahishira abaribakorera

Inzego zitandukanye mu Karere ka Gasabo zirasaba buri wese ufite amakuru ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyangwa irindi hohoterwa kuyatanga…

Rwamagana: Basabwe kongera umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasabye abayobozi n’abafatanyabikorwa mu Karere ka Rwamagana gukora ibishoboka byose kugira ngo umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi…

Kamonyi: Baganirijwe ku mavu n’amavuko n’intego za Green Party

Abarwanashyaka b’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda bo mu Karere ka Kamonyi basobanuriwe byimbitse uko iri shyaka ryavutse…

Ndayishimiye yavuze ku bisasu byaturikiye i Bujumbura

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Varisito Ndayishimiye, yahumurije Abarundi nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare kiri rwagati mu baturage…