NDEKEZI Johnson

1122 Articles

Hakomeje kongerwa ubumenyi mu bijyanye n’ingufu zisubira

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro kudashyira imbere gusa kongera umubare w’abanyeshuri, ahubwo akibanda ku ireme ry’uburezi no kubaha…

Ibinezaneza by’abise amazina abana b’ingagi ku nshuro ya 21 (Amafoto)

Abise amazina abana b’ingagi ku nshuro ya 21 bavuze ko ibisobanuro by’ayo mazina bikubiyemo ibyiza bifuriza u Rwanda ndetse no…

Shalom Choir yahamije “Urukundo rw’Imana” mu ndirimbo no mu bikorwa

Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yashyize hanze indirimbo nshya “Urukundo rw’Imana” y'ubutumwa bwibanda ku rukundo rw’Imana, nyuma y’uko isuye…

Afurika yasabwe kongera umusaruro n’ubwiza bw’ifumbire

Umuyobozi Mukuru wa Solidaridad muri Afurika y’Epfo, Dr. Jonathan Atkinson, yasabye ibihugu bya Afurika kongera ubushobozi bwo gukora ifumbire nziza…

Bahati Makaca yatangije irushanwa ryo kurema umuhanzi utajegajega

Umuhanzi Bahati Makaca, wahoze mu itsinda rya Just Family, yatangije irushanwa rya Rwanda Next Super Star, rigamije kuvumbura impano nshya…

Kenya ntishaka abanyamahanga bakorayo ubuzunguzayi

Perezida William Ruto yategetse ko abacuruzi baciriritse n’abazunguzayi b’abanyamahanga batongera gukorera iyo mirimo muri Kenya, guhera ku wa Mbere tariki…

Korali Salemu yakoze igitaramo cy’amateka, Kundwa Events ica impaka-AMAFOTO

Korali Salemu ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Kabuga yanyuze benshi bitabiriye igitaramo yakoreye bwa mbere muri Dove Hotel, itangaza ko…

Abarezi biyemeje guha urubyiruko amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere

Abarimu n’abandi bakora mu rwego rw’uburezi mu Karere ka Gasabo bavuga ko bagiye kongera imbaraga mu guha abanyeshuri amakuru yizewe…

Abahuguwe na “African Food Fellowship” bamuritse imishinga itanga icyizere

Abasoje icyiciro cya gatanu cya “African Food Fellowship” mu Rwanda bamuritse imishinga igamije gushakira ibisubizo bimwe mu bibazo byugarije uruhererekane…

Abana batandikishwa mu irangamimerere bahura n’uruhuri rw’ibibazo

Bamwe mu babyeyi babyaye abana batabana n’abagabo babo bavuga ko abana babo bahura n’imbogamizi zitandukanye, zirimo kutandikwa mu irangamimerere, kutabona…