NDEKEZI Johnson

1072 Articles

Gicumbi: Imurikabikorwa ryabasigiye ibyishimo n’amafaranga

Abamurikabikorwa mu Karere ka Gicumbi bavuga ko imurikabikorwa mu iterambere rizwi nka “JADF Open Day” ryabafashije kubona abakiriya bashya, kugurisha…

Hagaragajwe ko hakiri ruswa mu gutanga ibyangombwa byo kubaka

Umuvunyi Mukuru, Madeleine Nirere, yagaragaje ko serivisi zitangwa na Leta zijyanye n’ubutaka, cyane cyane izo gutanga ibyangombwa byo kubaka, zikigaragaramo…

Ashton Hall na Kagarara bagiranye ibiganiro na RDB

Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere (RDB) rwagiranye ibiganiro na Ashton Hall, Enock Uwizeye uzwi nka Kagarara (Ashton Small) na Yogendra Kushwah uzwi…

Perezida Kagame yerekeje mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Geneva mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry'ikoranabuhanga ry'ubwenge buhangano…

Ubumuntu Arts Festival igiye kuba ku nshuro ya 12

Iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubuhanzi rya Ubumuntu Arts Festival rigiye kongera kubera i Kigali kuva ku wa 13-19 Nyakanga 2026, aho ryitezweho…

Min. Irere yamaze igihunga abatangiye ibizamini bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza gukora nta gihunga…

Imyiteguro y’igitaramo cya karindwi cy’Intayoberana irarimbanyije

Itorero Intayoberana rimaze kubaka izina mu mbyino n’imikino ishingiye ku muco, ryatangaje ko imyiteguro y'igitaramo cyiswe “Gira u Rwanda” kigamije…

Burera: Abarwanashyaka ba Green Party bo mu Mirenge 8 bitoreye abayobozi

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR-Green Party) riratangaza ko, muri gahunda yo kwegereza ubuyobozi abarwanashyaka ku rwego…

I Kanombe ijerekani y’amazi iragura amafaranga 800

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga n’utundi duce twa Kanombe mu Karere ka Kicukiro bavuga ko babangamiwe n’ibura ry’amazi, aho…

Ndayishimiye yahurije i Bujumbura abatajya imbizi na Tshisekedi

Nyuma y’uko abatavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa RDC bakomeje kujegeza Tshisekedi, inshuti ye y’akadasohoka, Perezida Ndayishimiye, yakoze ibishoboka byose aho yabahurije…