NDEKEZI Johnson

1056 Articles

Minisitiri Nduhungirehe yashimye ubunararibonye bwa Mushikiwabo

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Louise Mushikiwabo agaragaza ubunararibonye n'ubumenyi bwimbitse ku mikorere y'Umuryango Mpuzamahanga w'Ibihugu…

I Kigali hatashywe ubuhumbikiro bugezweho bw’ingemwe z’ibiti

Mu Mujyi wa Kigali hafunguwe ubuhumbikiro bw'ingemwe z'ibiti by'imbuto n'iby'amashyamba buzajya butanga ingemwe zirenga miliyoni imwe buri mwaka, mu rwego…

Hafashwe ingamba zo kunoza uburyo bwo gusora

Inama y'Abaminisitiri yafashe ibyemezo bikomeye bigamije kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga imisoro, no gufasha abaturage n'abikorera kurushaho kwiteza imbere.…

Hagaragajwe umumaro w’isuku iboneye mu gihe cy’imihango

Ibikoresho byifashishwa mu gihe cy'imihango, kwita ku isuku no kubona amakuru ahagije ni bimwe mu bibazo abagore n'abakobwa benshi bagira…

Abakozi ba AHF Rwanda basuye Urwibutso rwa Rukumberi

Abakozi b’Umuryango AHF Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma, bunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

Ababyaye imburagihe barasabwa kubyaza amahirwe imyuga bigishwa

Abakobwa batewe inda zitateganyijwe bo mu Karere ka Kayonza, mu Murenge wa Gahini, barakangurirwa kwiteza imbere binyuze mu kwihangira imirimo…

Muhanga: Umugabo yishwe n’umuriro w’amashanyarazi

Tugirimana Erneste wakoraga mu birombe by'amabuye y'agaciro, yafashwe n'Umuriro w'amashanyarazi ahita apfa. Impanuka y'umuriro w'amashanyarazi yahitanye Tugirimana Erneste w'Imyaka 30…

Muyango agiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byo kwizihiza #Kwibohora32

Umuhanzi w’inararibonye mu muziki nyarwanda, Muyango Jean Marie, yatangaje urutonde rw’ibitaramo azazengurukamo hirya no hino mu gihugu mu rwego rwo…

Hatangijwe gahunda ihuza amahugurwa mu ikoranabuhanga n’isoko ry’umurimo

Mu gihe icyerekezo cy'u Rwanda ari ukubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi n'ikoranabuhanga, Ikigo TAJYIRE Group Holdings Ltd cyatangije gahunda eshatu…

Mu Rwanda hafunguwe ishuri ry’abanyamwuga mu buziranenge

Mu rwego rwo guteza imbere ubuziranenge mu nganda, mu Rwanda hatangijwe ishuri rizajya rifasha gupima no kugenzura ubuziranenge bw’ibicuruzwa n’ibikoresho…