NDEKEZI Johnson

1004 Articles

AFC/M23 yavuye mu bice by’ingenzi yagenzuraga

Abarwanyi ba AFC/M23 irwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) batangiye kuva mu bice by’ingenzi bagenzuraga mu kibaya…

Amashyaka arengera ibidukikije muri EAC yahize gukomeza kurwanya ivangura

Abagize Ihuriro ry’amashyaka aharanira kurengera ibidukikije muri Afurika y’Iburasirazuba (East African Greens Federation) bihaye umukoro wo gukomeza kurandura ivangura rishingiye…

RSB yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

Ikigo cy’Igihugu gitsura ubuziranenge (RSB) cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo gishinzwe umutekano no kuyobora ingendo z’indege muri Afurika no muri Madagascar…

Babiri bafatanywe litiro zirenga 3,300 z’inzoga ya ‘Butunda’

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafunze abantu babiri bo mu Murenge wa Gataraga, bafatanywe litiro 3,360 z’inzoga zitemewe bengeraga…

Korali Pastor Bonus igiye kwizihiza Yubile y’imyaka 25

Korali Pastor Bonus ikorera ubutumwa muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Nyarugenge (ahahoze ari KIST-KHI), yateguye igitaramo cyo kwizihiza Yubile…

Bujumbura: Irindi soko ryahiye rirakongoka

Isoko ryo mu Kinama mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro rirakongoka, abaricururizagamo bajya mu kangaratete. Umuriro wadutse ahagana saa…

Kubika mu ngo ibikoresho bishaje birimo telefone byakwangiza ubuzima

Abaturarwanda n’abatuye Isi muri rusange baragirwa inama yo kutabika mu nzu cyangwa ngo bajugunye aho babonye ibikoresho by’ikoranabuhanga bishaje, kuko…

Green Party irasaba kubaka umuryango muzima

Abarwanashyaka b’ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) mu Karere ka Huye mu Ntara…

Abo kuri Nyirangarama basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bahavana amasomo

Abakozi n’abanyeshuri bo kuri Nyirangarama mu Karere ka Rulindo basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda…

Ndayishimiye yabwiye Abarundi ko bamuhemba intica ntikize

Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, aravuga ko umushahara ahembwa ari intica ntikize ku buryo utabasha kumutunga we n’umuryango we.…