NDEKEZI Johnson

1072 Articles

RDB yimutse mu nzu ifite ibibazo

Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwimuye icyicaro cyarwo cyari gisanzwe gikorera ku Gishushu, rujya mu nyubako nshya iherereye ku muhanda…

Gen Muhoozi Kainerugaba yatemberejwe Kigali

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba,…

Abarimo Tonzi na Bosebabireba bagiye guhurira muri Rabagirana Festival 2026

Rabagirana Festival, iserukiramuco ry’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, rigiye kongera kuba nyuma y’igihe ritaba, rikazatangirira mu Karere ka Musanze…

Gasabo: “Intore mu Biruhuko” yitezweho kurinda abana imyitwarire mibi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buvuga ko gahunda y’Intore mu Biruhuko izafasha kumenya no gukemura hakiri kare ibibazo abana bahura na…

Chorale Family of Singers igiye gukorera igitaramo gikomeye muri Camp Kigali

Chorale Family of Singers ikorera umurimo w'ivugabutumwa muri EPR Paruwasi ya Kiyovu yatangaje ko igitaramo cyayo ngarukamwaka cyiswe 'Umuryango Mwiza…

Burera: Green Party yasoje gushyiraho abayobozi mu mirenge yose

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Green Party) ryasoje gahunda yo gushyiraho abayobozi baryo mu mirenge yose 17…

Ubuhanzi bwitaweho bwagaragajwe nk’imwe mu nkingi z’ubukungu bw’igihugu

Hagaragajwe ko urwego rw'ubuhanzi n'ubugeni rushobora kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukungu bw'u Rwanda, binyuze mu kongerera abahanzi ubumenyi…

Bugesera: Urubyiruko rwungutse ubumenyi n’igishoro cy’ibikoresho by’imyuga

Urubyiruko 158 rwo mu Karere ka Bugesera rwahawe impamyabushobozi n’ibikoresho by’imyuga nk’igishoro cyo gutangira imirimo, nyuma yo gusoza amasomo y’imyuga…

Diane Nkusi yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Santa Israel’ amaze imyaka 12 yanditse

Umuhanzikazi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Diane Nkusi, yashyize hanze amashusho y'indirimbo ye nshya yise ‘Santa Israel’, avuga ko…

Ishuri rya St Augustin ry’i Muhanga ryizihije yubile y’imyaka 25 rimaze rishinzwe

Ishuri ribanza ryigenga rya Saint Augustin ryizihije isabukuru y'imyaka 25 rimaze rishinzwe, rinashimira abanyeshuri baryo bitwaye neza ribasonera amafaranga y'ishuri…