NDEKEZI Johnson

1011 Articles

M23 yashwishurije abarota gufata ibirombe bya Rubaya

Guverineri wa Kivu y'Amajyaruguru, Bahati Erasto Musanga, yahamije ko abarota gufata Rubaya, ikungahaye ku birombe by'amabuye y'agaciro, bifashishije intambara nta…

U Burundi bwavumbuye ibirombe bya peteroli

Perezida w'u Burundi, Varisito Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu cye cyavumbuye ibirombe bya peteroli, bifite ubushobozi bwo gucukurwamo utugunguru twinshi buri…

Abarenga ibihumbi 70 batangiye ibizamini ngiro (pratique) bya Leta

Minisiteri y’Uburezi yatangije ibihe by'ibizamini bya Leta, aho abagera ku 74,085 biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro ndetse n’abakandida bigenga…

Samia ari mu Burusiya mu ruzinduko rwo guhindura ibintu

Samia Suluhu Hassan, Perezida wa Tanzania, yageze mu Burusiya mu ruzinduko rw’iminsi itatu rugamije guhindura ibintu no kurushaho gushimangira umubano…

Amavubi yitegura imikino ya gicuti yatangiye umwiherero (Amafoto)

Ku wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye umwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti…

Abantu bane biyongereye ku wakize Ebola muri RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryemeje ko muri RDC abantu bane biyongereye ku wundi umwe uherutse gukira ubwoko…

Byarenze kurengera ibidukikije biba isoko y’amafaranga: Green Gicumbi yasize benshi bamwenyura

Umushinga wa Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukora ibikorwa binyuranye…

Barishimira ko bahawe ‘Cotex’ ishobora gukoreshwa mu myaka ibiri

Urubyiruko rw’abakobwa barishimira ubwoko bw’impapuro z’isuku y’abagore n’abakobwa (Cotex cyangwa Pads) bakenera mu gihe cy’imihango, zishobora gukoreshwa mu gihe cy’imyaka…

Umusizi Kibasumba Confiance yinjiye mu bwanditsi bw’ibitabo

Umusizi Kibasumba Confiance yatangaje ko yinjiye mu bwanditsi bw'ibitabo ndetse agiye kumurika ku mugaragaro igitabo cye cya mbere yanditse yise…

Rj The DJ agiye kwizihiriza imyaka 20 amaze mu kuvanga imiziki i Kigali

Romy Jons wamamaye nka RJ The DJ, uvangira imiziki Diamond Platnumz, ategerejwe i Kigali mu birori byo kwizihiza imyaka 20 amaze…