NDEKEZI Johnson

1049 Articles

Didi Love yakorewe ‘Bridal shower’-AMAFOTO

Nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we ndetse bakanatangaza itariki y’ubukwe, Iradukunda Diane uzwi nka Didi Love yakorewe ibirori bya 'Bridal…

Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku bwikorezi muri Afurika

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa 15 Kamena, yageze i Lomé muri Togo, aho yitabiriye Inama n’Imurikabikorwa byerekeye ubwikorezi bwo…

Ubuhamya bwa Mwizerwa wasoje Kaminuza akisanga yabaye inzererezi

Hari abatekereza ko ibiyobyabwenge bibata abatarize cyangwa abadafite akazi. Nyamara Mwizerwa Olivier, warangije Kaminuza mu ikoranabuhanga akaza kurara munsi y’ibiraro,…

Mwadusubije agaciro – Abafite ubumuga bw’uruhu barashima Leta y’u Rwanda

Mu gihe abafite ubumuga bw’uruhu mu Rwanda bifatanyaga n’abo ku isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wabahariwe, ubuyobozi bwabo mu Rwanda bwashimye…

Abakinnyi ba Kung-fu Wushu basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Abitabiriye Irushanwa Mpuzamahanga rya Kung-fu Wushu ryo Kwibuka ku nshuroya 32, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biyungura…

Ibigo by’ikoranabuhanga mu burezi bigiye kongererwa ubushobozi

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko kongerera ubushobozi ibigo bikwirakwiza ikoranabuhanga mu mashuri bizafasha kuzamura ireme ry’uburezi n’umusaruro w’abanyeshuri, ndetse no kwihutisha…

Ndayishimiye yahereye ku nkoko yikopesheje none atunze za miliyari

Varisito Ndayishimiye, Perezida w’u Burundi, yabwiye abaturage be ko nta wavukiye kuba umukene, yitangaho urugero rw’uko yabaye umuherwe abikomoye ku…

Richard Nick Ngendahayo agiye kongera gutaramira i Kigali

Nyuma yo kubisabwa kenshi no kumvira abakunzi be, umuramyi Richard Nick Ngendahayo azataramira i Kigali mu Ugushyingo 2026. Amakuru UMUSEKE…

Ak’abafatira amajwi n’amafoto ku nkiko nta ruhushya kashobotse

Urukiko rw’Ikirenga rwihanangirije abantu bose bateza icyugazi mu mbibi z’Urukiko, mu cyumba cy’iburanisha n’ahandi hose Urukiko ruburanishiriza imanza, bafata amajwi…

Ingabo za Iran zasutse umuriro ku birindiro bya Amerika

Ibirindiro bya gisirikare bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati byibasiwe bikomeye n’ibitero byo kwihorera bya Iran mu majoro abiri akurikirana.…