NDEKEZI Johnson

1057 Articles

Amavubi yitegura imikino ya gicuti yatangiye umwiherero (Amafoto)

Ku wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye umwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti…

Abantu bane biyongereye ku wakize Ebola muri RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryemeje ko muri RDC abantu bane biyongereye ku wundi umwe uherutse gukira ubwoko…

Byarenze kurengera ibidukikije biba isoko y’amafaranga: Green Gicumbi yasize benshi bamwenyura

Umushinga wa Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukora ibikorwa binyuranye…

Barishimira ko bahawe ‘Cotex’ ishobora gukoreshwa mu myaka ibiri

Urubyiruko rw’abakobwa barishimira ubwoko bw’impapuro z’isuku y’abagore n’abakobwa (Cotex cyangwa Pads) bakenera mu gihe cy’imihango, zishobora gukoreshwa mu gihe cy’imyaka…

Umusizi Kibasumba Confiance yinjiye mu bwanditsi bw’ibitabo

Umusizi Kibasumba Confiance yatangaje ko yinjiye mu bwanditsi bw'ibitabo ndetse agiye kumurika ku mugaragaro igitabo cye cya mbere yanditse yise…

Rj The DJ agiye kwizihiriza imyaka 20 amaze mu kuvanga imiziki i Kigali

Romy Jons wamamaye nka RJ The DJ, uvangira imiziki Diamond Platnumz, ategerejwe i Kigali mu birori byo kwizihiza imyaka 20 amaze…

Gasabo: Barakangurirwa kwivuza indwara yo kujojoba kuko ivurwa igakira

Ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bugamije kumenya no kwirinda indwara yo kujojoba, abatuye Akarere ka Gasabo bakanguriwe ko ugaragaweho iyo ndwara yakwihutira…

Umukobwa w’ikimero wakundanye na Kwizera Olivier agiye kurushinga

Ababiri baruta umwe. Iyo umwe aguye, undi ashobora kumufasha kubyuka. Ayo ni amagambo aboneka muri Bibiliya, ari ku butumire bwa…

Korali “Ambassadors of Christ” igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Korali Ambassadors of Christ ibarizwa mu Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi, yatangiye imyiteguro y’igitaramo cyo kwizihiza imyaka 30 imaze mu…

Ibyo wamenya kuri drones za “Baba Yaga” Congo yaguze muri Ukraine

Mu gihe imirwano ikaze ikomeje hagati ya AFC/M23 n’ingabo za leta ya Congo (FARDC) hamwe n’abafatanya na zo, imwe mu…