NDEKEZI Johnson

978 Articles

Perezida Kagame yifurije Abayisilamu gutera imbere

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye Abayisilamu bo mu Rwanda, avuga ko yishimiye gusangira na bo ibyishimo byo ku musozo…

‘Drones’ 948 z’u Burusiya zamishe ibisasu muri Ukraine

U Burusiya bwakoze igitero kinini cya mbere mu kirere kuva butangije intambara kuri Ukraine muri Nyakanga 2022. Icyo gitero gikomeye…

Iran yamaganye ibyo kuganira na Amerika

Igihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Donald Trump…

Abo muri Green Party barasabwa gutanga ibitekerezo biganisha ku iterambere

Abarwanashya b'Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) bo mu Turere twa Nyamagabe na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo…

Abaturarwanda barakangurirwa kurya inyama zujuje ubuziranenge

Mu bice bitandukanye by’u Rwanda haragaragara impinduka mu mabagiro, aho abaturage bavuga ko bagenda bacika ku kurya inyama batazi aho…

Hasabwe ubufatanye mu kumenyekanisha itegeko ry’ubuzima

Umuryango Uharanira Iterambere ry’Umugore mu Rwanda, Réseau des Femmes Oeuvrant pour le Développement Rural, wagaragaje ko hakenewe ubufatanye bw’Imiryango itari…

Kwa Nyirangarama huzuye ibagiro rya kijyambere

Mu Karere ka Rulindo, ahazwi nko kwa Nyirangarama, huzuye ibagiro rya kijyambere ryitezweho kwimakaza ubuziranenge bw’inyama no gukuraho ingendo amatungo…

Green Party yavuze ku biciro bishya bya Mituweli byateje impaka

Komiseri Mukuru mu ishyaka Green Party, Hon. Mugisha Alexis, aratangaza ko muri iri shyaka bagikora ubusesenguzi ku biciro bishya by’umusanzu…

Umunyabigwi Ngombwa Timothée yatabarutse

Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki nyarwanda, Ngombwa Timothée, wamamaye mu ndirimbo zifite amateka akomeye mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yitabye…

Chuck Norris wamamaye muri sinema yapfuye

Umunyamerika wamenyekanye cyane muri sinema n’imikino njyarugamba, Chuck Norris, yitabye Imana afite imyaka 86 y’amavuko. Chuck Norris yamenyekanye cyane kubera…