Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Ukurikiranyweho kwica umugore we yasabye kuburana adafunze

Ntaganzwa Emmanuel ukurikiranyweho  kwica umugore we amunize, yasabye Urukiko ko rumurekura kugira

KAGAME yihanganishije Turikiya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame , yihanganishije mugenzi we wa Turkey,  Recep

Gicumbi: Umukecuru w’imyaka 80 yorora kinyamwuga abikesha inka imwe yahawe

 Uwera Flora wo mu karere ka Gicumbi, ni umukecuru w’imyaka 80 uvuga

Kamonyi: Umuturage uvuga ko yasenyewe na Visi Meya wa Karongi agiye kubakirwa

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi , yasabye ko umuturage uvuga ko yasenyewe

Frank Spittler ntakiri umutoza w’Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryemeje ko uwari umutoza mukuru w’ikipe

Kicukiro: Barashima ‘Kura Organisation’ yabahinduriye ubuzima

Abakobwa 20 bo mu Karere ka Kicukiro bigishijwe gutunganya imisatsi n’ubwiza, bahawe

Musenyeri Mugisha wahoze ku buyobozi bwa Angilikani yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Musenyeri Mugisha Mugiraneza Samuel, weguye

Hari gutegurwa isengesho ryo gusabira imbaraga FARDC na Wazalendo

Minisitiri w'Ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Constant Mutamba, yamenyesheje amadini

M23 yafashe Minova muri Kivu y’Amajyepfo (VIDEO)

Umutwe wa M23/AFC umaze kwagura imirwano muri Kivu y'Amajyepfo umaze gufata agace

Dj Theo yitabye Imana

Nahimiyimana Théogene wamamaye nka DJ Theo mu kuvanga imiziki, yitabye Imana mu

Abakozi b’Akarere ka Ruhango ntibakira neza “uko bahwiturwa mu kazi”

RUHANGO: Abakozi b’Akarere bagaragaza ko "kubahwitura hakoreshwa imbaraga nyinshi" atari byo, kuri

Abasenateri batangiye kugenzura imikorere ya za Poste de sante’

Abagize Sena y’u Rwanda batangiye igikorwa cyo gusura abaturage mu turere twose

Fatakumavuta yakiriye agakiza

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta ufungiye mu Igororero rya Nyarugenge

Rutsiro: Abana biga mu mashuri abanza binjiye mu rugamba rwo kurwanya igwingira

Abana biga mu ishuri rya Ecole Francophone de Kayove riherereye mu Murenge

Nyanza: Inkuba yakubise umugabo n’abahungu be umwe arapfa

Ndagijimana Elisa w'imyaka 29 yakubiswe n'inkuba ahita apfa, abandi bavandimwe be na