Inkuru Nyamukuru

RURA yahannye Canalbox kubera ibibazo bya  Internet

Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwatangaje  ko rwafatiye ibihano GVA Rwanda Ltd (Canalbox) nyuma y’iminsi ishize havuzwe ibibazo bya Internet . Iki…

Abagabo 2 bafatanywe ‘amabule’  y’urumogi arenga 200

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abagabo babiri bacuruza ikiyobyabwenge cy’urumogi, aho bafatanywe urumogi rw’udupfunyika 237. Abafashwe ni…

Ruhango- Barasaba ko Abarundi bakoze Jenoside babiryozwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari komine ya Ntongwe, ubu ni mu Mirenge ya Kinazi na Ntongwe, mu karere…

Kigali – Mu biha ubwihisho imibu itera Malaria harimo amazi areka mu ngo

Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Urujeni Martine yasabye abaturage kurangwa n’isuku mu ngo zabo, barwanya ibintu…

Kigali – Shoferi aravugwaho uburangare bwateje impanuka ikomeye

Impanuka ikomeye yabereye i Kigali ahazwi nko kuri Yamaha yahitanye ubuzima bw’umugenzi wakoreshaga umuhanda agenda n’amaguru, abandi batandatu barakomereka. Mu…

Imiti mishya irimo kwifashishwa mu kuvura Malaria

Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, kivuga ko cyatangiye kuvura Malaria hakoreshejwe imiti mishya irimo nka Dihydroartemisinin-piperaquine: DHAP’ na Pyronardine-Artesunate:…

- Advertisement -
Ad image