Ubutabera

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

Burera: Polisi yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…

Ndahiro Valens Pappy yasabiwe gufungwa imyaka itanu

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka 5 no gutanga ihazabu ya 1.200.000 Frw mu rubanza aregwamo n’umushoramari Ndayisenga…

Gitifu wakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’amezi atandatu yahise ajurira

*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungisha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…

Umuyobozi afunzwe akekwaho “kurya ruswa” y’amafaranga 11,200

UMUSEKE wamenye amakuru ko hari Umunyamabanga Nshigwabikorwa w'Akagali ko mu Karere ka Ngororero, watawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusaba,…

Umugore watwitse umukozi n’amazi ashyushye ari kubibazwa

Ngororero - Hari abaturage batabariza umukozi wo mu rugo watwitswe n'amazi ashyushyushye ayamenweho na nyirabuja, RIB yemeje ko ukekwaho ibi…

- Advertisement -
Ad image