Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…
Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka 5 no gutanga ihazabu ya 1.200.000 Frw mu rubanza aregwamo n’umushoramari Ndayisenga…
*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungisha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…
UMUSEKE wamenye amakuru ko hari Umunyamabanga Nshigwabikorwa w'Akagali ko mu Karere ka Ngororero, watawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusaba,…
Ngororero - Hari abaturage batabariza umukozi wo mu rugo watwitswe n'amazi ashyushyushye ayamenweho na nyirabuja, RIB yemeje ko ukekwaho ibi…
Sign in to your account