Ubutabera

Impaka zishyushye hagati y’Ubushinjacyaha n’abunganira DJ Toxxyk

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabiye  gukatira Shema Arnaud de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk igifungo cy’imyaka itanu no kumuca ihazabu ya…

Hategerejwe icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Bishop Harerimana  n’umugore we

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rurasoma umwanzuro w'urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Bishop Harerimana Jean Bosco wayoboraga Zeraphat Holy Church n’umugore we Mukansengimana…

Abagabo bafatanywe moto ebyiri bikekwa ko bazibye

Nyanza: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwiba moto mu bihe bitandukanye, bakazikuramo ibyuma bakazigurisha, igihe bafatwaga bari bafite moto ebyiri. Polisi…

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

Burera: Polisi yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…

Ndahiro Valens Pappy yasabiwe gufungwa imyaka itanu

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka 5 no gutanga ihazabu ya 1.200.000 Frw mu rubanza aregwamo n’umushoramari Ndayisenga…

- Advertisement -
Ad image