Ubutabera

Umugore “wicuruza” akurikiranyweho kwica umugabo

Muhanga: Umugore arakekwaho icyaha cyo kwica Umugabo bivugwa ko yari aje kumukiza undi mugabo barwanaga. Uwizeyimana Alexis biravugwa ko yishwe…

Mu mwaka umwe hakiriwe ibirego 4,138 by’abana basambanyijwe

*Icyaha cyo gusambanya umwana ntigisaza. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) iravuga ko mu mwaka wa 2024–2025 rwakiriye ibirego 4,138 by’abana basambanyijwe.…

Umusore akurikiranyweho “icyaha gikomeye” yakoreye umubyeyi we

Nyanza: Umusore akurikiranyweho gutera ubwoba nyina amubwira ko amuha amafaranga, atayamuha akamwica na we akiyahura. Uyu musore afungiye kuri sitasiyo…

Gitifu yakatiwe imyaka 7 “aregwa gushyingura bisanzwe umubiri w’ukekwa ko yazize Jenoside”

GUKOSORA: Mu mutwe w'inkuru twari twanditse ko uwashyinguwe ari uwarokotse Jenoside, ntabwo ari byo ahubwo ni umuntu bikekwa ko yishwe…

Abaregwa kudasobanura inkomoko y’imitungo bafite basabiwe ibihano bikomeye

Muhanga: Ubushinjacyaha bwasabiye abagabo 4 igihano cy’igifungo cy’imyaka icumi kuri buri wese, baregwa kudasobanura inkomoka y'imitungo bafite. Mu iburanisha ryabereye…

RIB ifunze Yampano “ubanye n’umugore we ku miguruko”

Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwahamije ko Uworizagwira Florien, wamamaye nka Yampano, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha bitandukanye. Umuvugizi wa RIB,…

- Advertisement -
Ad image