Ubutabera

Dr Frank Habineza agiye kujyana Leta mu nkiko kubera ‘Transit Centers’

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko ishyaka rye riteganya kurega Leta…

Umugabo akurikiranyweho kwica mugenzi we bakoranaga

Muhanga: Umugabo akurikiranyweho kwica ateye icyuma mugenzi we bakorana mu birombe, bamwe bavuga ko bapfuye indaya. Byabereye mu Kagari ka…

Umusaza w’imyaka 75 arakekwaho kwica umuntu

Nyanza: Umusaza akurikiranyweho kwica umugore w'umuvandimwe we, ababibonye bavuga ko bari kumwe mu nzira baganira amukubita isuka. Byabereye mu mudugudu…

Umukobwa w’imyaka 17 yishwe n’abantu bamusanze mu nzu

Ngoma: Umukobwa w'imyaka 17 y'amavuko yishwe n'abantu batahise bamenyekana bateye icyuma mu rubavu n'ndetse bamuca ikiganza. Urupfu rw'uyu mukobwa rwabereye…

Ak’abafatira amajwi n’amafoto ku nkiko nta ruhushya kashobotse

Urukiko rw’Ikirenga rwihanangirije abantu bose bateza icyugazi mu mbibi z’Urukiko, mu cyumba cy’iburanisha n’ahandi hose Urukiko ruburanishiriza imanza, bafata amajwi…

Nyanza: Umuntu yiciwe muri kaburimbo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kamena 2026, mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Mukingo,…

- Advertisement -
Ad image