Ubutabera

Gitifu umaze igihe aburana yahawe igihano

Muhanga: Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwahanishije Mukamutali Valérie wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibangu igifungo cy’imyaka 5 gisubitsemo igifungo cy'imyaka…

UPDATED: Aimable Karasira yapfuye habura amasaha ngo afungurwe

Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof Nigga, yapfuye mu gihe yiteguraga gusohoka igororero rya Nyarugenge. Itangazo ry’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora,…

Uwahoze ayoboye ishuri ry’imyuga araregwa kunyereza miliyoni 227Frw

Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze abantu bane barimo Mukeshimana Marcel, wahoze ari umuyobozi w'ishuri ry'imyuga rya Rubengera II TSS…

Umuturage yasabye inguzanyo “bamwakamo ruswa” – Umukozi wa SACCO ari kubibazwa

Kamonyi: Umukozi ushinzwe inguzanyo mu Kigo cy’Imali, witwa Rusizana Maurice yatawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa. Amakuru UMUSEKE wamenye avuga…

RIB yafunze ‘Comptable’ ukekwaho kunyereza umutungo wa Leta

UMUSEKE wamenye amakuru ko Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Umubaruramari "Comptable" w’Umurenge wa Rwimiyaga, mu Karere ka Nyagatare…

Isomwa ry’urubanza rwa Gitifu Mukamutali na bagenzi be ryasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo Mukamutali Valérie, wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kibangu mu Karere ka Muhanga,…

- Advertisement -
Ad image