Ubutabera

Abagabo bakoze urwengero rwa kanyanga bisanze mu mapingu

RULINDO: Ku bufatanye bw'abaturage na Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, mu

Kigali: Polisi yaguye gitumo ukekwaho kwiba ibikoresho by’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego zirimo RIB, REG n’abaturage mu Karere

Gitifu ushinjwa gutema ibiti bya Leta yongerewe igifungo cy’iminsi 30

Nsanzimana Védaste, ushinjwa gutema ishyamba rya Leta, yongerewe igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo

Umugore uherutse gutera icyuma umugabo we, byarangiriye amukase igitsina

NYAMASHEKE: Umugore witwa Ayingeneye Clementine wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri

Muhanga: Abashinjwa ubujura muri Kampani ikora umuhanda bakatiwe

Abantu 14 bashinjwa kwiba ibikoresho bya Kampani y’abashinwa ishinzwe gukora Umuhanda wa

Huye: Umunyeshuri uregwa gusambanya mugenzi we yasabye kuburana adafunze

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwaburanishije ubujurire bw'umunyeshuri usaba gukurikiranwa adafunzwe akaba aregwa

Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu Mujyi wa Kigali yongeye gufungwa  

Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu mujyi wa Kigali n'ibindi waherukaga

Abatangabuhamya b’ubushinjacyaha mu rubanza rwa ‘Mico’bahaswe ibibazo

Abatangabuhamya babiri b'ubushinjacyaha  bumviswe mu rukiko bakavuga ko babonanye Micomyiza imbunda bahaswe

Urubanza rw’ Umukire utunze imodoka 25, ibibanza 120, etaji i Kigali rwasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwasubitse urubanza ruregwamo umukire utunze imodoka 25 etaji

Kigali: Polisi yaburiye abishora mu bujura

Polisi y’u Rwanda iraburira abantu bose bakora ibikorwa by’ubujura butandukanye, ariko cyane

Musenyeri Mugiraneza Samuel yahawe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze, rwakatiye gufungwa iminsi 30

Ubuyobozi bwafashe umugabo “wahishaga ihene z’inyibano”

Nyanza: Umugabo arakekwaho guhisha ihene z'inyubano, byamenyekanye ubwo umwe mu bakekwaho ubujura

Bishop Dr. Mugisha yahakanye ibyaha aregwa, avuga ko ari akagambane

Urukiko rw'ibanze rwa Muhoza mu Karere ka Musanze rwaburanishije Bishop Dr. Mugiraneza

Karasira yasabye Urukiko guhamagaza abanyamakuru barimo uwapfuye

Karasira Aimable Uzaramba alias Prof. Nigga yasabye urukiko ko rwahamagara abanyamakuru, aribo

Abashinjwa ubujura muri Kampani ikora umuhanda babwiye urukiko ko babitewe n’inzara   

Muhanga:  Abantu icyenda  bashinjwa kwiba ibikoresho bya Kampani y'abashinwa ishinzwe gukora Umuhanda