JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

90 Articles

Bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ubushera

Abantu 79 bo mu Karere ka Gicumbi bajyanywe mu bitaro nyuma yo kujya mu bukwe bakanywa ubushera bikekwa ko bwari…

Imodoka itwaye inzoga yafashwe n’inkongi y’umuriro

Imodoka ya Bralirwa yari itwaye inzoga yahiriye mu Mujyi wa Musanze rwagati, hangirika ibinyobwa byari mu makesi arenga 400. Mu…

Burera: Abayobozi b’amashuri bimuwe aho bakorera kuri “munyangire na munyumvishirize”

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bakorera mu Karere ka Burera baratabaza nyuma yo kwimurwa bakajyanwa kure y’aho batuye, bakavuga ko…

Wisdom Schools yashyize igorora abifuza kuba ABAFOROMO

Ubuyobozi bwa Wisdom Schools buvuga ko bukomeje kwandika no kwakira abanyeshuri bashya bazahiga mu mwaka w’amashuri 2023-2024, kandi ko ubu…

Hatagize igikorwa umuhanda Gatuna-Kigali wahagarika ubuhahirane

Gicumbi: Bamwe mu baturage bakoresha umuhanda Gatuna-Kigali basaba inzego bireba ko zabafasha zigasana uyu muhanda kuko watangiye kwangirika ku buryo…

Rusizi: Umuhanda uhuza u Rwanda n’u Burundi wacitsemo kabiri

Abaturage bo mu Kagari ka Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura, Akarere ka Rusizi, baratabariza umuhanda ubahuza n’Igihugu cy’u Burundi unyuze…

Gakenke: Biruhukije nyuma yo kwegerezwa serivisi za Isange One Stop Center

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Rusasa biyemeje gukumira no kurwanya ihohoterwa iryo ariryo ryose…

Musanzeꓽ Urubyiruko rweretswe amahirwe ari mu kurengera akayunguruzo k’imirasire y’izuba

Bamwe mu rubyiruko rwiga mu mashuri makuru n’ayisumbuye rweretswe amahirwe ari mu kurengera Akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Couche d'Ozone), rusabwa kongera…

U Rwanda rugiye gutangira kubyaza ingufu za Nucléaire amashanyarazi 

Leta y'u Rwanda yinjiye mu bufatanye na Sosiyete yitwa Dual Fluid Energy Inc yo kugerageza kubyaza ingufu za Nucléaire amashanyarazi…

Guverineri mushya w’Amajyaruguru yahawe ibitabo bikubiyemo akazi kamutegereje

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yasabye Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyaruguru gusigasira ihame ry'Ubumwe bw'Abanyarwanda, kubungabunga umutekano kuko ari wo musingi…