JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

90 Articles

Ngororero: Abayobozi bamanutse gucoca ibibazo hasi mu giturage

Ubuyobozi bw'Akarere na Ngororero buvuga ko bwatangije ubukangurambaga bwiswe"Tega amatwi umuturage umwumve umufashe" bugamije kwegera abaturage no kubafasha mu kwita…

Musanze FC yerekanye mu buryo buciriritse abazayifasha muri Shampiyona

Ikipe ya Musanze FC yerekanye abakinnyi n'ubuyobozi buzayifasha muri uyu mwaka wa Shampiyona 2023-2024 abantu batungurwa no kutagaragara kwa ba…

Perezida Kagame yasangije abandi inkuru y’urukundo rwe na Jeannette Kagame

Mu gutangiza iserukiramuco ry'umukino wa Basketball riri kubera i Kigali, Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko Abanyafurika ari umuntu umwe,…

Burera: Abagera ku 15,000 bishyurirwaga Mituweli bacukijwe

Ubuyobozi bw'Akarere ka Burera buvuga ko abaturage bagera ku bihumbi 15 bari basanzwe bishyurirwa ubwisungane mu kwivuza, Mituweli, bacukijwe bagiye…

Ngororero: RIB yaburiye abishora mu byaha byangiza ibidukikije n’iby’inzaduka

Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwaburiye abaturage b'Akarere ka Ngororero bakishora mu kwangiza ibidukije n'ibindi byaha by'inzaduka kubireka kuko abazabifatirwamo bazahanwa nk'uko…

Affaire y’Abakono: Abayobozi 3 mu Ntara y’Amajyaruguru birukanwe mu kazi

Umunyabanga Nshingwabikorwa w'Intara y'Amajyaruguru na ba Meya batatu basezerewe mu kazi bazira kudasigasira ubumwe bw'Abanyarwanda. Mushayija Geoffrey wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa…

Polisi yasabye abo muri Burera kurwanya ibyaha ngo “amahoro mu rugo ni ubukire”

Polisi y'Igihugu ikorera mu Karere ka Burera yashishikarije abagatuye kwirinda ingeso mbi zose zibashora mu byaha,  ivuga ko ahatari amahoro…

Abana ba Wisdom Schools bagiye gukarishya ubumenyi muri Canada

Abana bane bo muri Wisdom Schools bitabiriye amahugurwa y'Icyongereza azamara icyumweru abera muri Canada azitabirwa n'abandi baturuka ku Migabane itandukanye…

DASSO yoroje abatishoboye n’abahoze binjiza ibiyobyabwenge mu gihugu

Burera: Abagize Urwego rwunganira akarere mu mutekano, Dasso bo mu Karere boroje jntama imiryango icyenda ikennye n'abahoze binjiza magendu n'ibiyobyabwenge…

Ntibashyigikiye ko ubuyobozi busenyera umuturage wamugajwe n’impanuka

MUSANZE: Abaturage bariye karungu bahamya ko badashyigikiye namba icyemezo cyafashwe n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Musanze cyo gusenyera umuturage wamugajwe n'impanuka.…