Ubuyobozi bwa Wisdom Schools bwasabye ababyeyi kurushaho, kwegera abana bagiye kujya mu biruhuko bisoza umwaka w'amashuri bakabaha uburere, kuko ahari…
MUSANZE: Abatuye Santere ya Kabaya baratabaza kubera inzoga z'inkorano, zikomeje kwangiza ubuzima bwa benshi no guteza umutekano muke kandi ugerageje…
Kuri uyu wa gatanu tariki 7 Nyakanga 2023, mu Ishuri Rikuru rya Polisi riri i Musanze hasojwe icyiciro cya gatandatu…
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Bungwe mu Karere ka Burera mu gice kiganjemo abakoresha ururimi rw'Urukiga bahamya ko…
Ibirori byo kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibihora ku nshuro ya 29, abaturage bo mu Karere ka Rulindo bamurikiwe ibikorwa bubakiwe…
Musanze: Imbogo yatorotse Pariki y'Igihugu y'Ibirunga babura uko bayisubizayo itangiye kwiruka ku baturage iraraswa irapfa. Byabayey ku wa Gatatu tariki…
Mulindwa Prosper wagizwe Umuyobozi w'Akarere ka Rutsiro yashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame ku cyizere yamugiriye asaba…
Leta y'u Rwanda yasinyanye amasezerano na Vivo Energy yo gutanga bisi zirenga 200 zikoreshwa n'amashanyarazi zizifashishwa mu gutwara abantu mu…
Abafatanyabikorwa mu iterambere ry'Akarere ka Burera bashimiwe umusanzu batanga mu iterambere, basabwa gukora cyane kuko abaturage bataragera ku iterambere ryifuzwa…
*Ubufasha wabunyuza kuri 0789456341, ibaruye ku mazina ya Julienne Nyiranzabonimpa Nyiranzabonimpa Julienne wo mu Murenge wa Cyuve arasaba ubuyobozi n'abagiraneza…
Sign in to your account