Agahinda k’umwana w’umukobwa watewe inda na Se umubyara (VIDEO)
Kaneza (izina twamuhaye) ni umubyeyi w’umwana umwe w’umuhungu wasambanyijwe na Se umubyara igihe yari afite imyaka 14 agahita umutera inda ariyo yabyayemo uwo mwana afite kugeza ubu, ni ibintu yaniwe kwakira kuko atongeye kugera mu muryango avukamo kuko yahise aba agicibwa. Mu kiganiro na UMUSEKE Kaneza wo mu Karere Ka Muhanga, mu buhamya bwe avuga […]