Browsing category

Inkuru zihariye

Perezida Kagame yahuye na Kristalina Georgieva uyobora IMF

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahuye n’Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Kristalina Georgieva aho impande zombi zagiranye ibiganiro byo kurushaho kunoza imikoranire. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko Perezida Kagame na Kristalina Georgieva bahuriye i Riyad muri Saudi Arabia. Umukuru w’Igihugu yari kumwe n’Umunyabanga wa Leta Ushinzwe Ishoramari rya Leta no Kwegeranya […]

Ishusho y’u Rwanda Perezida Kagame yifuza gusaziramo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaraje ishusho y’u Rwanda yifuza kuzasaziramo, anitsa ku rugendo rwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uko Abanyarwanda bongeye kuba umwe. Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 1 Mata, mu kiganiro yagiranye na Radio/Tv 10 na Royal FM. Ni Ikiganiro yakoranye na Radiyo zigenga mu […]

Ambasaderi Mukaruliza yitabye Imana

Ambasaderi Mukaruliza Monique wari umukozi muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga nk’Ushinzwe gahunda zo kwihuza kw’Akarere, ‘Ambassador at Large’, yitabye Imana. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatandatu ku wa 30 Werurwe 2024, akaba yazize uburwayi i Bruxelles mu Bubiligi. Mukaruliza Monique yabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Zambia na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, […]

Perezida Kagame yakubitiye ibinyoma bya Ndayishimiye ahakubuye

Perezida Paul Kagame yahishuye uko Perezida Varisito Ndayishimiye w’u Burundi yamubeshye ko nta basirikare b’igihugu cye yohereje muri RD Congo gukorana n’Ingabo za Congo na FDLR mu guhohotera no kwica abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda muri kiriya gihugu, ariko ibinyoma bye bikamutamaza mu gihe gito. Ni mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo […]

Byagenze gute ngo Koperative  COAIPO isigarane 1000frw kuri Konti ?

koperative  y’abahinzi b’ibirayi, COAIPO, ikorera mu Karere ka Nyabihu, kuri uri ubu isigaranye kuri konti amafaranga 1000 frw, ibintu ivuga ko byatewe n’imicungire mibi y’abahoze mu buyobozi bwa Koperative . Mu Kiganiro cyihariye Perezida wa Koperative COAIPO, Rwakayiro Jean Damour yahaye UMUSEKE  yavuze ko ibihombo muri koperative byatangiye mu mwaka wa 2019 , ubwo hari komite […]

Burera: Kwegerezwa ibikoresho by’isuku byabarinze magendu muri Uganda

Abatuye mu murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera barishimira igikorwa cyabafashije guca ukubiri no kwishora muri magendu no kwambuka umupaka bajya i Bugande kugura ibikoresho by’isuku. Mbere ntibyoroheraga abaturage kubona amavuta, isabune n’ibindi bikoresho by’isuku byujuje ubuziranenge kuko abenshi bajyaga kubigura mu gihugu cya Uganda. Bemeza ko bamwe bakoraga ingendo kandi zitemewe bajya kubigura […]

Ruhango: Haravugwa utubari ducuruza abana b’abakobwa

Mu Murenge wa Kinazi,mu Karere ka Ruhango, haravugwa utubari dukoresha abana b’abakobwa mu bikorwa byo gucuruza inzoga n’ubusambanyi. Mu buhamya bw’umwe wakorewe ibyo bikorwa, abwira umunyamakuru wa RADIO/TV1, ko tumwe mu tububari turi mu Kagari, ka Rutabo mu Mudugudu wa Gitwa,umukiriya ahabwa inzoga yamara gusinda agahabwa n’abakobwa kugira ngo arusheho kwigarurira abakiriye benshi b’ababagabo. Uwatanze […]

Ibitavugwa mu nzu za ‘Sauna na Massage’

Uko bwije nuko bukeye isi irajya n’ibyayo. Yewe umuntu ashatse yaririmba aka ya ndirimbo y’abakirisitu basenga ku munsi wa karindwi ngo’Isi irashaje,’ Umunsi umwe naganiriye n’umuntu, ambarira ibyo yaboneye mu nzu zikorerwamo ‘Sauna na Massage’ ambwira ko ibiberayo ntaho bitaniye n’ibyabaye isodoma na Gomora. Ubwo yashakaga kumbwira ko ari ubusambanyi gusa gusa. Uyu utarashatse ko […]

U Rwanda rwamaganye amagambo ‘Rutwitsi’ ya Ndayishimiye

U Rwanda rwamaganye ijambo rya  Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aherutse kuvugira i Kinshasa. ruvuga ko ribiba amacakubiri mu Banyarwanda kandi rikaba  imbogamizi mu bijyanye n’amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari. Ubwo kuri iki Cyumweru yari mu kiganiro n’urubyiruko mu Mujyi wa Kinshasa, Perezida Ndayishimiye yavuze ko yiteguye gutanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda […]

M23 yeruye ko batacyifuza guhendahenda Tshisekedi

Umutwe wa M23 weruye ko utazongera guhendahenda ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi ku bijyanye n’imishyikarano, ko inzira y’amasasu ariyo izashyira akadomo ku cyo bita ubutegetsi bw’ubwicanyi. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wungirije w’umutwe wa M23 mu bya politiki, Canisius Munyarugero, uvuga ko bari gukorana imishyikirano n’abaturage ba RD Congo. Bwana Munyarugero yavuze ko bagerageje gushyikirana no gusaba ibiganiro […]