Tshisekedi yifatiye ku gahanga Perezida Ruto
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Félix Tshisekedi yashinje William Ruto wa Kenya kwica ibiganiro byo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo. Tshisekedi usumbirijwe n’inyeshyamba za M23 yavuze ko Ruto yacunze nabi gahunda y’ibiganiro bya Nairobi ahubwo akabogamira ku Rwanda. Yavuze ko mu rwego rwo gukemura amakimbirane hashyizweho gahunda y’ibiganiro bya Nairobi ndetse […]