Browsing author

MURERWA DIANE

Abafite ubumuga barasaba guhabwa ubutabazi bwihariye mu bihe by’ibiza

Abafite ubumuga mu Rwanda bagaragaje ko bahura n’imbogamizi zo kwibasirwa n’ibihe by’ibiza bakaba basaba guhabwa ubufasha bwihariye kuko bibagiraho ingaruka zirimo no kubura ubuzima. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mata 2024, mu biganiro nyunguranabitekerezo byahuje inzego zitandukanye zireberera inyungu z’abantu bafite ubumuga byateguwe n’Ihuriro ry’Abantu bafite Ubumuga mu Rwanda, NUDOR. Ibi biganiro […]

Chryso Ndasingwa yateguje ibyishimo bisendereye mu gitaramo yise ‘Wahozeho’

Chryso Ndasingwa uri mu bahanzi bakunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashimangiye ko yiteguye gusenderereza imitima y’Abanyarwanda ndetse no kurushaho kubafasha kwegerana n’Imana mu gitaramo gikomeye yise “Wahozeho” Live Concert kizabera muri BK Arena ku wa 5 Gicurasi 2024. Ibi byagarutsweho ubwo yarari mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 29 Mata […]

Ubukerarugendo bw’u Rwanda bwinjije miliyoni 620$ mu 2023

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda, RDB, rugaragaza ko mu mwaka ushize wa 2023 u Rwanda rwinjije agera kuri miliyoni 620 z’amadolari ya Amerika mu rwego rw’Ubukearugendo z’ingana n’izamuka rya 36% ugereranyije na Miliyoni 500 z’Amadorali ya Amerika uru rwego rwari rwinjije mu 2022. RDB ivuga ko iri zamuka ryatewe n’uko mu mwaka wa 2023 u […]

Croix Rouge Rwanda yibutse abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, isaba gukumira ikibi

Abakorerabushake, abakozi, abayobozi inshuti n’imiryango y’abari abakozi ba Croix Rouge mu Rwanda, bibutse ku nshuro ya 30 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bibutswa umwihariko bafite wo guharanira kurengera ikiremwamuntu. Ni igikorwa cyabaye ku wa 26 Mata 2024 ku cyicaro cya Croix Rouge y’u Rwanda mu Mirenge wa Kacyiru. Cyatangijwe n’isengesho, kunamira no gushyira indabo ku […]

#Kwibuka30: Abikorera basabwe guca ukubiri n’amacakubiri

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yanenze bamwe mu bikorera cyane abari abacuruzi bagize uruhare rukomeye mu gutiza umurindi Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse no kuyitera inkunga, ariko ashimangira ko abikorera bagize uruhare runini mu kubaka u Rwanda mu myaka 30 ishize. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2024, ubwo abagize […]

Uburusiya: Minisitiri w’Ingabo wungirije yafunzwe

Ibiro bya Perezida w’Uburusiya byemeje ko Minisitiri w’Ingabo wungirije w’Uburusiya Timur Ivonav, yatawe muri yombi akurikiranweho ibyaha bya ruswa. Kuva mu 2016, Ivonav yari ahagarariye ibikorwa by’imishinga y’ubwubatsi irimo no kubaka Umujyi wa Mariopul, arakekwaho kwakira ruswa ya $10.000. Bimwe mu bitangazamakuru bitavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Putin bivuga ko Ivonav akekwaho ubugambanyi. Umuvugizi w’ibiro bya […]

AEBR yibutse inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’amatorero y’Ababatisita mu Rwanda, AEBR, ryasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni igikorwa cyabaye ku wa Gatandatu tariki 20 Mata 2024, hanashyirwa indabo ahashyinguye Abatutsi bishwe muri Jenoside mu kubaha icyubahiro, ni nyuma y’uko abakristo b’iri torero bahuriye mu mugoroba wo Kwibuka […]

Kenya yashyizeho icyunamo – Umusirikare mukuru yapfanye n’abandi 9

Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’ Umugaba mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Jenerali Francis Omondi Ogolla, waguye mu mpanuka y’indege mu Burengerazuba bw’igihugu, hashyizweho icyunamo cy’iminsi itatu. Mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida Ruto, yavuze ko ari umwanya w’akababaro kenshi ku gihugu, ko babuze umuntu w’intwari aboneraho no kwihanganisha imiryango yabuze ababo muri iyo […]

Kugaburira abana ku ishuri byazibye icyuho cy’abarivagamo ubutitsa

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yiyemeje guteza imbere gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri, aho iyi gahunda yavuye kuri miliyari esheshatu Frw mu 2017/2018, igera kuri miliyari 90 Frw mu 2023-2024, izamukaho 15% mu myaka irindwi ishize. Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yabigarutseho ubwo yagezaga ku Inteko Inshinga Amategeko imitwe yombi ibyagezweho na Guverinoma mu […]

U Rwanda mu bihugu bifite ubukungu bukomeje kwihagararaho

Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yagaragaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu byagize uruhare mu kuzamura ubukungu buri mwaka ku gipimo cya 7.2%, mu gihe Umusaruro mbumbe w’umuntu ku giti cye (GDP per Capita) wiyongereyeho 5%, bitandukanye n’ibindi bihugu byo mu Karere. Iyi raporo yerekanye ko kimwe cya kabiri cy’ibihugu 75 byugarijwe n’ubukene […]