Browsing category

Imyidagaduro

Umwihariko w’igiterane ‘Africa Haguruka’ kigiye kuba ku nshuro ya 25

Itorero Zion Temple Celebration Center rya Apôtre Dr Paul Gitwaza ryateguye igiterane cy’ububyutse cyiswe ‘Africa Haguruka’, kigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya 25. Ni igiterane gihuriza hamwe abantu b’ingeri zose mu ivugabutumwa, baba baturutse mu Rwanda n’ahandi hatandukanye mu bice by’Isi. Ibiterane by’ububyutse bya Africa Haguruka bizabera ku musozi “Hermon” uri mu Kagari ka […]

Dr Claude yasobanuye ishingiro ryo kwamamaza Kagame

Umuhanzi Mpuzamahanga, Iyamuremye Jean Claude wamamaye nka Dr Claude, yatangaje ko icyatumye abahanzi bashyigikira Kandinda-Perezida, Paul Kagame, akaba na Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu bikorwa bye Kwiyamamaza ari uko yabahesheje agaciro aho bajya hose. Muri iyi minsi aho Umukandinda wa FPR-INKOTANYI ajya mu bikorwa byo kwiyamamaza usanga hari abahanzi benshi basusurutsa abantu. Umwe muri abo ni […]

Knowless yahamije ko Kagame yahaye Abanyarwanda ubuzima

Ingabire Butera Jeanne uzwi nka Knowless mu muziki yatanze ubuhamya bw’ukuntu FPR-INKOTANYI na Chairman wayo, Paul Kagame, bamugaruririye ubuzima ubwo yaragowe no kubaho kubera Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ingaruka zayo. Yabitangaje kuri uyu Gatandatu tariki 6 Nyakanga 2024, kuri site ya Kindama mu Murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera aho Umuryango FPR-INKOTANYI wari […]

Norway: Umunyarwanda yasohoye indirimbo ihumuriza abatakaje ibyiringiro

Umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza, Imana Gad Rwizihirwa utuye Norway, yashyize hanze indirimbo nshya ye ya mbere yitwa “HUMURA.”, ihumuriza abatakaje ibyiringiro. Iyi ndirimbo HUMURA ni indirimbo avugamo ubushuti bukomeye bw’umwami Yesu kristo, avuga ko nta wakurikiye Yesu ngo abure ibyo ashaka, ndetse anashishikariza abantu kumumenya . Uyu muririmbyi Gad Rwizihirwa yavuze […]

Korali Rangurura yibukije Abakirisitu akamaro k’umwuka wera-VIDEO

Korali Rangurura ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gihogwe yasohoye indirimbo irimo ubutumwa bwibutsa Umukirisitu akamaro k’Umwuka Wera mu buzima bwo mu Isi, ari nabwo buzamugeza mu Ijuru. Perezida wa Korali Rangurura, Simeon Kwizera, yabwiye UMUSEKE ko iyi ndirimbo bayise ‘Simbasize nk’Imfubyi’, ikaba  ihumuriza Abakirisitu ikabibutsa ko bahawe Umwuka Wera kugira ngo abane nabo […]

Mulix yashyize hanze indirimbo irimo ababyinnyi bakomeye-VIDEO

Umuhanzi Mulix uri mu batanga icyizere mu muziki Nyarwanda, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Zimbela” yakorewe na Prince Kiiz muri Hybrid Music, mu mashusho yayo yifashishije General Benda na Shakira Kay bagezweho mu kubyina. Mulix usanzwe ari murumuna wa TMC, muri Gashyantare nibwo yaherukaga gushyira hanze indirimbo yise “By my side” yari igenewe abakundana. Iyi […]

Abanyarwenya barenga 10 bagiye guhurira mu Iserukiramuco ‘La caravane du rire’ i Kigali

Iserukiramuco rya ‘La caravane du rire’ rigiye guhuza abanyarwenya barenga 10 mu Mujyi wa Kigali. Kuwa 29 Kamena 2024, nibwo iserukiramuco rya ‘La caravane du rire’ riteganyijwe kubera i Kigali aho rizahuza abanyarwenya bafite amazina akomeye barimo Samia Orosemane ukomoka mu Bufaransa. Iri serukiramuco rigiye kuba ku nshuro ya 3 i Kigali rizabera ku kicaro […]

Umuramyi BIKEM yashyize hanze indirimbo yitsa ku kuyoborwa n’ Imana

Umuramyi Bikorimana Emmanuel ukoresha amazina ya “BIKEM” mu muziki, yashyize hanze indirimbo yise “Nyobora” akaba ari indirimbo yumvikanamo amagambo ashishikariza abantu kuyoborwa n’Imana mu buzima bwa buri munsi. Iyi ndirimbo itangira igira iti”Ndashaka kuyoborwa nawe mwami, ndashaka ko unjya imbere nkagukurikikira, kuko ngiye imbere ntaho nashyika, nungenda imbere nzagera iyo njya neza”. Mu nyikirizo uyu […]

Canada: Arnaud Robert N yashyize hanze “Slam” yise Ntibazi- VIDEO

Arnaud Robert Nganji utuye mu gihugu cya Canada, uzwi mu ivugabutumwa rigarura abatannye kuri Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza, yashyize hanze “Slam” yise “Ntibazi” yitsa ku nkuru y’Imana ihamagara umuntu wayiteye umugongo rwihishwa. Arnaud Robert Nganji ni umugabo wubatse ufite imyaka 35 y’amavuko akaba asanzwe ari Pasiteri, by’umwihariko akunze gutambutsa inyigisho ku muyoboro wa Youtube we […]