Browsing category

Imyidagaduro

Tumaini Byinshi yakoze indirimbo ikumbuza abantu ijuru-VIDEO

Umuramyi Tumaini Byinshi utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo yise “Kanani” ikubiyemo ubutumwa bukumbuza abizera ijuru. Ni indirimbo yanditswe na Tumaini Byinshi, mu buryo bw’amajwi yatunganyijwe na Dayton Music mu gihe amashusho yafashwe anatunganywa na Friday Sammy. Tumaini Byinshi avuga ko iyi ndirimbo yayanditse mu mwaka wa 2021, ubwo yari mu […]

Igiterane ‘Fresh Fire Conference’ cy’Itorero Christ Kingdom Embassy cyagarutse

Igiterane ngarukamwaka ‘Fresh Fire Conference’ gitegurwa n’Itorero Christ Kingdom Embassy rya Pastor Tom Gakumba na Anitha Gakumba cyagarutse muri uyu mwaka wa 2024. Iki giterane cyatangiye mu 2022 ubwo hafungurwaga Itorero Christ Kingdom Embassy, muri uyu mwaka wa 2024, kizaba tariki 12-19 Gicurasi , kibere ku rusengero rwa Christ Kingdom Embassy ruherereye mu Mujyi wa […]

Irushanwa rya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ rigiye gukomereza i Huye

Kuva tariki 2 Werurwe 2024 hatangiye urugendo rwo gushakisha abanyempano mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazahagararira Intara zose mu irushanwa rya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ ryahereye mu Burengerazuba, none ubu rigiye kugana mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye. Abategura Rwanda Gospel Stars Live batangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 […]

Pastor Ndayishimiye yasohoye indirimbo ihumuriza abantu-VIDEO

Umuhanzi w’Indirimbo zihimbaza Imana akaba n’Umupasitori, Jean Marie Ndatishimiye yasohoye indirimbo nshya yise ‘Child of God’ bisobanuye mu Kinyarwanda Umwana w’Imana, yibutsa abantu ko Imana ihorana nabo mu byago n’amakuba yose baba barimo. Jean-Marie Ndayishimiye afite inkomoko mu Burundi ariko akaba atuye muri Canada mu mujyi wa Edmonton. Avuga ko indirimbo ‘Child of God’ yibutsa […]

King James aravugwaho ubwambuzi bw’ibihumbi 30$

Ruhumuriza James uzwi nka King James mu muziki, uwitwa Pastor Blaise Ntezimana, aravuga ko yamwambuye ibihumbi 30$ yamuhaye ngo bafatanye ubushabitsi, undi akayakubita umufuko. Ni mu ntabaza uyu Ntezimana yanyujije ku rubuga rwa X, aho yasabaga Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, ngo kumufasha muri ako karengane yagiriwe. Ntezimana avuga ko mu 2021 aribwo yahaye […]

Ish Kevin yigaramye gusangira ibyibano n’amabandi, yikoma ababitangaje

Semana Ishimwe Kevin uzwi nka Ish Kevin mu buhanzi, yakubise agatoki ku kandi, avuga ko agiye kujyana mu butabera ibinyamakuru byanditse ko asangira ibyibano n’amabandi yajujubije abaturage, avuga ko abafashwe na RIB atabazi. Iby’uko uyu muraperi asangira ibyibano n’abajura byatangajwe ku wa 2 Mata, ubwo Urwego rw’Ubugenzacyaha, rwerekanaga abasore batandatu bibisha imodoka, ayo babonye bakajya […]

Cécile Kayirebwa yashimiwe mu gitaramo cy’amateka- AMAFOTO

Umuhanzi Cécile Kayirebwa, umwe bahanzikazi babimazemo ighe mu Rwanda , yashimiwe n’abakunzi be  kubw’uruhare yagize mu iterambere ry’umuziki by’umwihariko uwa gakondo. Ni mu gitaramo cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Werurwe 2024, kibera Luxury Garden  mu Mujyi wa Kigali, ki Gitaramo cyatewe inkunga na Jespo2 ikaba ariyo icuruza inzoga ziri […]

Abitwaye neza mu buhanzi nserukarubuga bahawe ibihembo

Urugaga rw’Ubuhanzi Nserukarubuga (Rwanda Performing Arts Federation), Inteko y’Umuco, Minisiteri y’Urubyiruko n’Ubuhanzi ndetse n’abandi bafatanyabikorwa bahembye abitwaye neza mu buhanzi Nserukarubuga mu ngeri zitandukanye barimo abasizi, abanyarwenya, ababyinnyi n’abakinnyi b’ikinamico. Ibi birori byabaye ku ya 27 Werurwe 2024, ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ikinamico wari wahujwe n’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Ubusizi usanzwe uba tariki 21 Werurwe. […]

Igitaramo ‘Ewangelia Easter Celebration’ cyahumuye

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda wasabye abantu kuzitabira igitaramo kigamije gufasha Abaturarwanda kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika no gusoza gahunda ya “Shyigikira Bibiliya”. Ewangelia’ ni ijambo ry’Igiheburayo risobanura ‘Gospel’ cyangwa se ‘ubutumwa bwiza’. Iki gitaramo biteganyijwe ko kizaba ku wa 31 Werurwe 2024, kibere muri BK Arena. Kizitabirwa na James&Daniella, Christus Regnat yo muri Kiliziya […]