Browsing category

Inkuru zindi

Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we utwite inda y’imvutsi

Umugabo wo mu Karere ka Nyamasheke, yishe umugore we  wari utwite inda y’imvutsi  amuteraguye imigeri. Aya mahano yabereye mu Mudugudu wa Cyato,Akagari ka Murambi,Umurenge wa Cyato mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba. Amakuru UMUSEKE  wamenye ni uko byabaye mu ijoro ryakeye ryo ku cyumweru ku isaha ya saa saba z’igicuku (1h00),  rishyira kuri uyu […]

UPDATE: Umuntu umwe mu baheze mu kirombe yabonetse yapfuye

Umugabo umwe muri batatu bari baheze mu kirombe yakuwemo ariko aza kwitaba Imana agejejwe ku Bitaro. Bucyanayandi Evaritse bamukuyemo ku mugoroba agihumeka ariko amaguru adakora neza. Amakuru yaje kwemezwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Rukoma, Mandela Innocent, avuga ko uyu yagejejwe ku Bitaro ariko akaza kwitaba Imana. Kugeza ubu babiri bakirimo bakaba bagishakishwa. INKURU YARI YABANJE Abagabo  […]

Enrique Roig na Mark Billela barasabira M23 ibihano

Enrique Roig na Mark Billela ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika  barasabira umutwe wa M23 ibihano. Umunyamabanga Wungirije wa Amerika,  ushinzwe amahoro na Demokarasi, Enrique Roig na  Mark Billera  ukora mu kigega cya Amerika gishinzwe iterambere USAID , basaba ko uBurasirazuba bwa Congo bwagira amahoro ariko bagashinja M23 kuba nyirabayazana. Amerika mu bihe bitandukanye yakunze […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Kenya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije mugenzi we wa Kenya, Wiliam Ruto , umuryango n’inshuti z’abaguye mu mpanuka y’indege yaguyemo n’umugaba Mukuru w’Ingabo Francis Ogolla. Ku wa Kane tariki ya 18 Mata 2024, nibwo muri Kenya habaye impanuka y’indege ya kajuguju yarimo abasirikare icyenda, batanu muri bo bahise bitaba Imana. Abinyuijije ku rubuga rwa X […]

Umwuzure ukomeye wibasiye u Burundi

Leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo gushyira Igihugu mu bihe bidasanzwe, ni nyuma y’amezi agera kuri abiri, abaturage bibasiwe n’amazi y’ikiyaga cya Tanganyika yazamutse ku buryo budasanzwe, yangiza inzu, ibikorwaremezo, yica n’abantu. Ni amazi menshi ari kuzamuka ku buryo budasanzwe biturutse ku mihindagurikire y’ibihe n’imvura nyinshi igwa mu misozi ikikije umujyi wa Bujumbura n’aturuka mu […]

Igisikare cy’u Bubiligi n’icyu Rwanda bigiye kwagura ubufatanye

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yakiriye mugenzi we w’u Bubiligi, Ludivine Dedonder, aho ibiganiro by’impande zombi byibanze ku kunoza kurushaho ubufatanye mu bya Gisirikare. Kuri uyu wa mbere tariki 8 Mata 2024,ni bwo Minisitiri w’Ingabo z’u Bubiligi, Ludivine Dedonder n’itsinda ayoboye bagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda  Juvenal Marizamunda, hamwe n’Umugaba mukuru w’Ingabo […]

Ramaphosa yahinduye uko “yabonaga igisubizo cy’ibibazo” bya Congo

Umukuru w’Igihugu cya Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa ni umwe mu bayobozi bakuru bifatanyije n’u Rwanda kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko yatahanye imboni nshya ku bibazo biri mu burasirazuba bwa Congo. Africa y’Epfo ni kimwe mu bihugu byo mu muryango wa SADC byaohereje ingabo mu burasirazuba bwa Congo kurwanya inyeshyamba za […]

Perezida wa Israel yashimiye Kagame kuba inshuti nyayo

Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog umwe mu bitabiriye umuhango wo gutangiza icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, yashimiye Perezida Paul Kagame kuba ari inshuti nyayo. Ubutumwa Perezida Isaac Herzog yanyujije kuri X yahoze ari Twitter, yavuze ko ashimira Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. Yagize ati “Uri inshuti y’ukuri […]

Abanyarwanda ntabwo bazongera kwicwa ukundi – Kagame 

Perezida Paul Kagame, yatangaje ko Abanyarwanda bitazigera bibaho kubasiga ngo bongere kwicwa. Ni ubutumwa yatanze ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 7 Mata 2024, hatangizwaga icyumweru cy’icyunamo  n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu muhango wabereye muri BK Arena, wari witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na Guverinoma n’inshuti z’u Rwanda, n’abahagarariye ibihugu […]