Browsing author

Ange Eric Hatangimana

EXCLUSIVE: Umuvugizi wa M23 yemereye UMUSEKE ko “bafashe Rubaya”

Inkuru ikomeje kuvugwa mu Burasirazuba bwa Congo, ni ifatwa ry’agace ka Rubaya muri Masisi gakize ku mabuye y’agaciro ya Coltan, ku wa Kabiri kakaba kafashwe n’inyeshyamba za M23/AFC. Lt.Col Willy Ngoma umuvugizi wa gisirikare w’ihuriro Alliance Fleuve Congo/ M23 yabwiye UMUSEKE ko ako gace kafashwe, kandi ko icyo bareba atari amabuye y’agaciro ahari. Yabwiye UMUSEKE […]

Umwimukira wa mbere yoherejwe mu Rwanda – Ni amakuru mpamo

Ibinyamakuru byo mu Bwongereza byanditse inkuru y’umwimukira ukomoka muri Africa, woherejwe mu Rwanda avuye mu Bwongereza, ku masezerano ibihugu byombi byagiranye. Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko hari umunyafurika wa mbere uturutse mu Bwongereza wageze mu Rwanda. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma Alain Mukuralinda yabwiye RBA ko uyu munyafurika yahisemo koherezwa mu Rwanda ku bushake nyuma y’uko […]

M23 yinjiye mu gace ka Rubaya gacukurwamo coltan

Imirwano yongeye kubura muri Teritwari ya Masisi, yasize inyeshyamba za M23 zigenzura agace gacukurwamo amabuye y’agaciro ka Rubaya. Ni agace gaherereye muri Gurupoma ya Mufunyi Matanda, Teritwari ya Masisi, kakaba kabarizwamo ikirombe kizwi mu mazina ya Bibatama Mining Concession. Inyeshyamba za M23 ku wa Kabiri ziriwe zihanganye n’ingabo za Leta ya Congo, FARDC mu mpande […]

Ubufaransa bwemereye Tshisekedi ubufatanye mu guteza imbere Congo

Perezida wa Congo Kinshasa, Antoine Felix Tshisekedi akomeje urugendo rwe mu Bufaransa, nyuma yo guhura na Perezida Emmanuel Macron, bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru. Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Congo Kinshasa byavuze ko Perezida Emmanuel Macron n’umugore we bakiriye Perezida Félix Tshisekedi n’umugore we Denise Nyakeru. Mu biganiro abaku b’ibihugu bagiranye mu muhezo harimo ubufatanye mu by’umutekano, umuco, […]

Perezida Tshisekedi yatangiye uruzinduko mu Bufaransa

Ni uruzinduko rw’iminsi itatu, ari na rwo rwa mbere, Perezida Tshisekedi agiriye mu Bufaransa, akaba ku kibuga cy’indege yakiriwe na Chrysoula Zacharopoulou ushinzwe iterambere n’ubufatanye mpuzamahanga mu Bufaransa. Perezida Félix Tshisekedi ari kumwe n’umugore we, Denise Nyakeru bageze mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere bavuye mu Budage. Ibiro bya Perezida muri Repubulika ya Congo Kinshasa, […]