“Papa ngeyo?”, Nishimwe Blaise agisha inama se yo gukinira APR FC

Umukinnyi wa Rayon Sports Nishimwe Blaise yagishije inama se, Mateso Jean de Dieu niba ashobora kwerekeza muri APR FC ikomeje kugaragaza kumwifuza. Blaise umaze umwaka umwe akinira Rayon Sports FC yazamukuye muri Marines FC, aho yari amazemo imyaka ibiri. Ni umukinnyi wagaragaje urwego rwiza mu gihe gito amaze muri iyi kipe. Uku kwitwara neza kwe […]