Gen Mubarak yavuze ku mugambi muremure APR FC ifite wo gucuruza abakinnyi

Mu matora y’Umuyobozi wa FERWAFA, Perezida wa APR FC, Lt Gen Mubarak Muganga yagarutse kuri gahunda ndende APR FC ifite yo kugurisha abakinnyi yamaze kuzamurira urwego, uheruka kugenda ni Byiringiro Lague werekeje mu Busuwisi. Yagize ati “APR FC imaze kugurisha abakinnyi 3 hari n’abandi 7 bari mu nzira bagenda, buri umwe igiciro cye ni €130 […]