America yasubije Perezida Putin “witeguye gukoresha intwaro kirimbuzi”

Mu ijambo Perezida wa Leta zunze ubumwe za America. Joe Biden yagejeje kuri Congress asaba kwemeza inkunga ya miliyari 33 z’amadolari igenewe gufasha Ukraine yavuze ko igihugu cye kiteguye ku gikorwa cyose Uburusiya bwakora. Biden yavuze ko kuba Perezida Vladimir Putin mu ijambo yavuze ku wa Gatatu yarateguje uwo ari we wese ufasha Ukraine “guhabwa […]