Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Byiringiro Lague yamaze gusinyira FC Zürich yo mu Busuwisi
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Byiringiro Lague yamaze gusinyira FC Zürich yo mu Busuwisi

webmaster webmaster 14/05/2021 4:44

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Byiringiro Lague wari umaze icyumweru yerekeje mu Busuwisi gukora igerageza mu ikipe ya FC  Zürich, yamaze gushimwa n’iyi kipe ahita ashyira umukono ku masezerano y’imyaka itatu.

Byiringiro Lague yigaragaje cyane mu mikino ya CHAN2020

Byiringiro Lague yabengutswe n’amakipe menshi nyuma y’uko yigaragaje mu mikino Nyafurika y’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN) iherutse kubera muri Cameroun.

FC Zürich ikina muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Busuwisi (Switzerland Premier Division), ni imwe mu makipe azwi ku mugabane w’i Burayi kuko ikunda gukina imikino ya UEFA Europa League.

Mbere y’uko Byiringiro yerekeza mu igeragezwa, FC Zürich yari yatangaje ko izishyura APR FC ibihumbi 265€ mu gihe yaba atsinze igerageza.

Biteganyijwe ko kuri uyu wa gatandatu uyu mukinnyi agaruka mu Rwanda, akazasubira mu Busuwisi mu kwezi gutaha kwa 6.

REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT 

Dieudonne NSHIMIYIMANA /UMUSEKE.RW

You Might Also Like

Nyamasheke: Barishimira ibikorwa begerejwe bifite agaciro karenga Miliyoni 203frw

Gen Bunyoni yakatiwe gufungwa burundu ahita atangaza ko azajurira

Gorillas-Games yatangiye gutera inkunga Shampiyona y’u Rwanda

U Rwanda rwatangije imishinga yitezweho kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara

Kamonyi: Bihaye umukoro wo gusezerera ubukene bukabije

webmaster 14/05/2021 4:44 14/05/2021 4:44
Share
Inkuru ibanza Rayon Sports na Kiyovu zihanganiye umwanya zinaniwe kwikiranura
Inkuru ikurikira Davis D na bagenzi be barekuwe by’agateganyo
- Advertisement -

Amakuru aheruka

Nyamasheke: Barishimira ibikorwa begerejwe bifite agaciro karenga Miliyoni 203frw
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru Ubukungu
Gen Bunyoni yakatiwe gufungwa burundu ahita atangaza ko azajurira
Amahanga Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru
Gorillas-Games yatangiye gutera inkunga Shampiyona y’u Rwanda
Imikino Inkuru Nyamukuru
U Rwanda rwatangije imishinga yitezweho kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru Ubuzima
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Nyamasheke: Barishimira ibikorwa begerejwe bifite agaciro karenga Miliyoni 203frw
09/12/2023 10:50

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?