Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Perezida wa Koreya ya Ruguru ategerejwe mu Burusiya
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Perezida wa Koreya ya Ruguru ategerejwe mu Burusiya

MURERWA DIANE MURERWA DIANE 05/09/2023 12:08
Kim Jong Un yaherukaga guhura na Putin muri 2019

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un muri uku kwezi ategerejwe mu Burusiya, mu biganiro bigamije guha intwaro Vladimir Putin zo kumufasha mu ntambara yo muri Ukraine.

 

Kim Jong Un na Putin baherukaga guhura muri Mata 2019, aho bahuriye mu Mujyi wa Vladivostok ari nawo bashobora kongera guhuriramo.

 

Amakuru y’urugendo rwa Kim Jong Un mu Burusiya yashyizwe hanze na bamwe mu bategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

 

Abahaye amakuru ikinyamakuru the New York Times bavuze ko Kim ko azajya mu Burusiya muri gariyamoshi iriho ibyuma biyirinda ibitero iriho n’intwaro za rutura.

 

Iyo nama ishobora kuba igiye kuba nyuma y’uko Amerika ivuze ko ibiganiro ku guhana intwaro hagati ya Koreya ya Ruguru n’Uburusiya biri kwihuta cyane.

- Advertisement -

 

John Kirby, umuvugizi w’akanama k’umutekano k’Amerika mu biro bya Perezida w’Amerika (White House), yavuze ko Minisitiri w’ingabo w’Uburusiya Sergei Shoigu yagerageje “kwemeza Pyongyang kugurisha amasasu y’imbunda za rutura” ku Burusiya.

 

Bwana Shoigu ngo yabyemeje Koreya ya Ruguru mu ruzinduko yagiriye muri icyo gihugu mu kwezi kwa Nyakanga 2023.

 

Mu ntwaro u Burusiya bushaka harimo izirasa kure zizwi nka Hwasong, zimaze igihe zimuritswe na Koreya ya Ruguru.

 

Ntiharamenyekana ahantu nyirizina inama izahuza Perezida Kim Jong Un na Vladimir Putin izabera.

 

Ni mu gihe nta cyo Koreya ya Ruguru cyangwa Uburusiya bavuze kuri aya makuru yasakajwe n’ibitangazamakuru byo muri Amerika.

Kim Jong Un yaherukaga guhura na Putin muri 2019

MURERWA DIANE / UMUSEKE.RW

You Might Also Like

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kunyereza ibishyimbo

Ruhango: Ingo 3500 zigiye gufashwa kuva mu bukene

Kazungu mu rukiko ati “icyaha nakoze si icyaha kiri aho ngaho cyoroheje” (VIDEO)

Rusizi: Ibifite agaciro ka Miliyoni 5Frw byahiriye mu nzu z’ubucuruzi

Kigali: Imvura yishe umugore n’abana Babiri

MURERWA DIANE 05/09/2023 12:16 05/09/2023 12:08
Inkuru ibanza Perezida Kagame ari i Nairobi mu nama ikomeye
Inkuru ikurikira Kizz Daniel, Davido na Bwiza mu bagiye gutigisa umujyi wa Kigali
- Advertisement -

Amakuru aheruka

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kunyereza ibishyimbo
Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru Ubutabera
Ruhango: Ingo 3500 zigiye gufashwa kuva mu bukene
Inkuru Nyamukuru Mu cyaro
Kazungu mu rukiko yasekaga – Yari afite pince, icyuma, n’ikaramu – Yibuka 3 mu bo yishe
UMUSEKE TV
Gisagara: Hasojwe ingando z’abana bakina Volleyball
Imikino
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri arakekwaho kunyereza ibishyimbo
21/09/2023 9:44

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?