Afurika

Uganda:  Urukiko rwaciye Miliyoni 10 umugore wabenze uwamurihiye Kaminuza

Urukiko rwo mu burengerazuba bwa Uganda rwatesheje agaciro ubujurire bw’umugore waciwe miliyoni

Minisitiri wo muri Congo yavuze ko bahanganye n’ibisirikare 3

Kuva mu mpera z’umwaka ushize, imirwano yakajije umurego mu burasirazuba bwa Congo,

RDC:  Agahenge ntikamaze kabiri, M23 yakozanyijeho na FARDC

Impande zihanganye muri Congo zikomeje gutungana urutoki rumwe ruvuga ko urundi rwishe

Gusubika amatora ntibabikozwa, batangiye kotsa igitutu Tshisekedi

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, baramuvaga ko nta rwitwazo na

M23 ibaye icecekesheje imbunda, “irashaka ibiganiro na Guverinoma”

Umutwe wa M23 watangaje ko uhagaritse imirwano nyuma y'ibiganiro wagiranye na Perezida

Goma: Abahunze intambara ya M23 barataka inzara

Amagana y'abahunze imirwano ikomeje gushyamiranya inyeshyamba za M23 n'igisirikare cya Leta, FARDC,

Igisirikare cya Congo kirashinja M23 kurasa ku ngabo z’u Burundi

Mu mirwano ikomeje kubera muri Teritwari ya Masisi, igisirikare cya Leta ya

Umunyamabanga Mukuru wa UN yinginze M23 ngo ihagarike imirwano

Umunyamabanga mukuru w'Umuryango w'Abibumbye, Antonio Guterres yasabye umutwe wa M23 guhagarika imirwano

Ndayishimiye yamaganye ibihano ibihugu bikize bifatira ibikennye

Mu nama arimo i Doha muri Qatar, umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste

General uyoboye gisirikare Kivu ya Ruguru yongeye gufunga imihanda igana i Goma

Hadashize amasaha 24, ubutegetsi buyoboye gisirikare Intara ya Goma bwahagaritse icyemezo bwari

Abayobozi ba Angola batangiye kuvugana na M23 ngo ihagarike imirwano

Perezida wa Angola, umuhuza mu bibazo biri hagati y’u Rwanda na Congo,

Ubutegetsi bw’i Goma bwafunguye imihanda yo mu duce tuberamo intambara

Nyuma y’igitutu, abaturage basaba ko imihanda yerekera mu mujyi wa Goma ifungurwa

Ibaruwa ifunguye – Abadepite bagiriye inama Tshisekedi ku kibazo cya M23

Barasaba ibintu icyenda …. Abadepite bo muri Kivu ya Ruguru bandikiye Perezida

Macron yakoresheje imvugo iremereye mbere yo kwerekeza i Kinshasa

Perezida w'Ubufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko imirwano iri mu Burasirazuba bwa Congo

Gen Muhoozi abona M23 nk’abarwanyi bakwirukansa ingabo za Kenya

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n'umujyanama we, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje