RDC yemeye imishyikirano na M23 mu gihe yarekura uduce turimo umujyi wa Bunagana
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuye ku izima yemera ibiganiro n'umutwe wa…
M23 yamaganye raporo z’amabwire HRW itangaza, iyisaba kwigerera mu bice igenzura
Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch washinje umutwe wa…
Africa: Abarwayi 2 bishwe na Virusi ya Marburg mu gihe 98 bari mu kato
Igihugu cya Ghana cyemeje ko abantu babiri bishwe na Virusi ya Marburg…
RDC: Kabund wahoze ari somambike wa Tshisekedi yashinze ishyaka rigamije impinduka
Jean-Marc Kabund, kuri uyu wa mbere, tariki ya 18 Nyakanga, yatangije ishyaka…
Ingabo za EAC ziyemeje kwirukana burundu M23 ikomeje kwahagiza ingabo za Leta ya Congo
Intumwa z’ingabo z’akarere z’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba zagiye gutata ikibuga mu rwego…
Mu burambe afite, Perezida Museveni yasabye Congo gukemura ikibazo cya M23 mu biganiro
Perezida Yoweri Museveni ku wa Kane yakiriye intumwa zavuye muri Congo zoherejwe…
Abo mu muryango wa Murekezi ufungiwe muri Ukraine bafite impungenge ku buzima bwe
Bamwe mu bo mu muryango wa Suedi Murekezi, ufite ubwengegihugu bwa Amerika,…
Masisi: Hubuye imirwano hagati y’inyeshyamba mu duce zirukanyemo FARDC
Imirwano yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za Nyatura mu duce yirukanyemo ingabo za…
Perezida Gotabaya Rajapaksa yahunze Sri Lanka mu ndege ya gisirikare
Perezida Gotabaya Rajapaksa yahunze Sri Lanka mu ndege ya gisirikare, mu gihe…
RDC: Abaturage bakoze imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za MONUSCO
Muri Teritwari ya Rutchuru muri Kivu y'Amajyaruguru ahitwa Karengela, abaturage bazindukiye mu…
Mo Farah yavuze uko yahatiwe kuba umukozi urera abana ku myaka 9
Umukinnyi wiruka mu Bwongereza Mo Farah yavuze uko yajyanywe mu Bwongereza afite…
Perezida wa Sri Lanka mu nzira zo guhunga igihugu
Abategetsi muri Sri Lanka bavuze ko Perezida Gotabaya Rajapaksa yatwawe n’indege mu…
RDC yemejwe nk’umunyamuryango wa karindwi wa EAC
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemejwe ku mugaragaro nk'igihugu cya 7 kigize…
Perezida José Eduardo dos Santos, wayoboye Angola yatabarutse
José Eduardo dos Santos wari ufite imyaka 79, akaba yarabaye Perezida wa…
Inshuti ya benshi ku Isi, Shinzo Abe byemejwe ko yapfuye nyuma yo kuraswa
*Uwamurashe yavuze icyo yamuhoye Mu masaha ya ku manywa mu Buyapani ahagana…