Amahanga

Abasirikare 2 ba Senegal biciwe muri Gambia abandi 9 baburirwa irengero

Igisirikare cya Senegal cyatangaje ko babiri mu ngabo zacyo bishwe abanda 9

Uganda iteye indi ntambwe mu kubyutsa umubano n’u Rwanda, Umuyobozi ukuriye ubutasi (CMI) yasimbujwe

*Maj. Gen Kandiho “yavuzweho guhohotera Abanyarwanda” Ishobora kuba ari indi ntambwe ikomeye

Perezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa

Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.

Burkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo

UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n'Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma

Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri Ukraine vuba na bwangu

Kubera umwuka w'intambara ututumba hagati y'Uburusiya na Ukraine, Leta Zunze Ubumwe z'Amerika

Perezida Nyusi yasuye Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zikomeje guhashya ibyihebe i Cabo Delgado

Perezida wa Mozambique, Filip Nyusi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21

Umusore afunzwe akekwaho gusambanya ihene ebyiri z’umuturanyi

Mu gihugu cy'Uburundi Mu Ntara ya Bubanza muri Komine Rugazi ahitwa Kirengane

Liberia: Abari mu ikoraniro ry’amasengesho batewe n’abitwaje ibyuma hapfa 29

Nibura abantu 29 barimo abana 11 n’umugore utwite bishwe n’umubyigano ubwo abantu

Mozambique: Ingabo zafashe umunyaTanzania wari umuyobozi w’abajihadiste

Ingabo za Mozambique zatangaje ko zataye muri yombi umugabo ufite ubwenegihugu bwa

Covid-19 yatumye ubukungu bw’abakire 10 ku Isi bwikuba kabiri

Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga wa Oxfam yagaragaje ko mu gihe abandi ubukungu bwabo

RDC-Ituri: Inyeshyamba za CODECO zishe abasivili 11

Igitero gishya cy'inyeshyamba za CODECO mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki

Perezida Ibrahim Boubacar Keïta wayoboye Mali yapfuye

Ibrahim Boubacar Keïta (IBK) wabaye Perezida wa Mali kuva mu 2013 kugeza

Umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia yakomerekeye mu gitero cy’ubwiyahuzi

Mohamed Ibrahim Moalimuu yajyanywe kwa muganga kuvurwa ibikomere nyuma yo guturikanwa n’igisasu

Goma: Imyigaragambyo y’abamotari yahagaritse ubuzima nyuma y’iraswa rya mugenzi wabo

Muri Kivu ya Ruguru mu Mujyi wa Goma, ku gicamunsi cyo kuri

Congo yacyuye Abanyarwanda “bari bahunze inkingo za COVID-19”

Abanyarwanda barenga 100 bavugaga ko bahunze inkingo za Covid-19 bakajya ku kirwa