Amahanga

Ghana: Minisitiri yeguye nyuma yo gushinjwa guhisha amafaranga mu rugo

Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo yemeye ubwegura bwa Minisitiri ushinzwe amazi,isuku n’isukura

DRC: Umusirikare yarashe abaje gushyingura umuhungu we yicamo 13

Umusirikare wo mu ngabo za Congo, FARDC yarashe abantu 13 barapfa harimo

Umupolisi mukuru wo muri Congo yishwe n’abataramenyekana

Colonel Sébastien Kabulo, umuvandimwe wa Minisitiri wa Siporo muri Repubulika ya Demokarasi

Umuyobozi wa Wagner yemeje gahunda yo gushinga imizi muri Afurika

Umuyobozi w’itsinda ry’abacanshuro rya Wagner, Yevgeny Prigozhin, avuga ko bazakomeza kurwana mu

Amashusho agaragaza abagore bakubitwa bambaye ubusa yateje uburakari

UBUHINDE: Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abagore bashorewe mu muhanda bambaye

Kenya: Batandatu baguye mu myigaragambyo idasanzwe

Abantu batandatu nibo bimaze kumenyakana ko baguye mu myigaragambyo karundura yabaye muri

Yanyuze iy’ubutaka, Madamu wa Perezida Ndayishimiye yageze mu Rwanda

Umugore wa Perezida w'u Burundi, Angeline Ndayishimiye yageze mu Rwanda aho yitabiriye

Fanta mu Burundi irabona umugabo igasiba undi

Muri Bujumbura no mu Ntara z'u Burundi hari abakunzi b'ibinyobwa bya Brarudi

Ibirego bishya muri dosiye ya Jenerali Bunyoni biracyisukiranya

Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain

Igisirikare cya Congo cyashinje M23 kurenga ku gahenge no kwica abacivile

Itangazo igisirikare cya Congo Kinshasa cyasohoye, rivuga ko ubwicanyi bwabaye mu ijoro

Umugore wa Ndayishimiye mu Rwanda, intambwe idasanzwe mu gufungura umubano

Uruzinduko rw'Umugore wa Perezida w'u Burundi mu Rwanda nyuma y'imyaka ya politiki

Umutwe wa M23 uravugwa mu bwicanyi bwibasiye “abasivile”

Amakuru y’abantu 11 biciwe ahitwa Kashavu yiriwe ku mbuga nkoranyamba, ni imirambo

Abacanshuro ba Wagner bageze muri Belarus

Igihugu cya Ukraine cyemeje ko abarwanyi b’Abarusiya ba sosiyete ya Wagner Group

Inyeshyamba za APCLS ziravugwaho kwiba inka 100 i Masisi

Umutwe w’inyeshyamba zitwa APCLS ku wa Kane zibye inka 100 z’abaturage b’ahitwa

Imirwano ikomeye irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo

Iminsi itatu irashize muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imirwano yubuye hagati