Amahanga

Ibyo gufatanya n’abacanshuro b’Abarusiya Congo yabyamaganiye kure

Igisirikare cya Congo Kinshasa cyahakanye ibyo kuba ku rugamba hari abacanshuro b’Abarusiya

Abasirikare ba SADC bari muri Mozambique baravugwaho gutwika abantu

Perezida wa Namibia, Hage Geingob yamaganye amashusho avuga ko “ateye ubwoba” agaragaramo

Congo yapfubije umugambi w’iterabwoba i Kinshasa

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yatahuye umugambi w'iterabwoba, wari kwibasira

Gen Muhoozi yongeye gukoza agati mu ntozi agaruka ku byo gufata Nairobi 

Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n'umujyana we wihariye mu by'umutekano yagarutse ku

Burundi: Abahoze mu gisirikare barataka inzara

Abahoze mu Gisirikare cy'u Burundi batuye mu Ntara ya Bubanza bavuga ko

RD Congo ku mwanya wa 8 mu kugira igisirakare gikomeye muri Afurika

Urubuga "Global Fire Power" rwo muri Amerika rutangaza ko igisirikare cya Repubulika

RDC: Papa agiye guhura n’abakozweho n’intambara ya M23 na FARDC

Umushumba wa kiliziya gatorika ku Isi, Papa Francis arateganya guhura n'abakozweho n'intambara

M23 yerekanye intwaro yambuye FARDC n’abacanshuro b’Abarusiya- VIDEO

Umutwe wa M23 werekanye intwaro z'amoko atandukanye wambuye ingabo za Leta ya

RDC: Abarimu mu mashuri abanza banze kwigisha

Abarimu bigisha mu mashuri abanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga

M23 yanyomoje abavuga ko kuva i Kibumba ari ikinamico bakinnye

Inyeshyamba za M23 zahakanye amakuru avuga ko zikiri mu gace ka Kibumba

Ingabo za Congo zasakiranye n’ibyihebe bya ADF

Mu mirwano yabaye tariki 7 na 8 Mutarama 2023, hagati y'igisirikare cya

Uko Ndayishimye yatsinze shitani washatse guhirika ubutegetsi

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Ndayishimiye Evariste aherutse gutangaza uburyo amasengesho yo kwisonzesha

Umufasha wa Tshisekedi yatuwe agahinda n’abagore b’Abanyamulenge

Abagore b'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe basabye

Bafunzwe kubera gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame

Abanyamakuru batandatu bo muri Sudan y’Epfo batawe muri yombi nyuma y’amashusho y’Umukuru

Congo yahawe intwaro zigezweho zo guhangamura M23

Igisirikare cya RD Congo gikomeje kwigwizaho ibitwaro bikomeye mu gihe mu burasirazuba