Amahanga

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 2 zibohora Ruvuma na Pundanhar

Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara

Burkina Faso: Ubufaransa bwishe abarwanyi 40 buhorera uwahoze mu ngabo zabwo wishwe

Ingabo z’Ubufaransa zavuze ko mu gitero zagabye muri Burkina Faso zishe abarwanyi

Libya: Inteko yatoye Minisitiri w’Intebe mushya nyamara usanzweho yavuze ko azagumaho

Inteko Ishinga Amategeko ya Libya yatoye Ministiri w’Intebe mushya ari we; Fathi

Uganda yategetswe guha Congo Kinshasa indishyi ya za miliyoni z’amadolari ku bw’intambara yahateje

Uganda yategetswe kuriha Repubulika ya Demokarasi ya Congo miliyoni 325 z'amadolari y'Amerika

Cabo Delgado: Ibyihebe byari byarigize ndanze, ubu aho byumvise RDF amaguru biyabangira ingata

Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique ikaba imwe mu

Maj Gen Kandiho wikomwa n’u Rwanda yagizwe umuyobozi ukomeye wa Polisi ya Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa Kabiri tariki ya

U Burundi bwakuriweho ibihano byari byafashwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wakuyeho ibihano wari wafatiye Leta y’u Burundi kuva mu

Goma: Depite Josué Mufula utajya imbizi na Tshisekedi yatawe muri yombi

Umudepite ku rwego rw'igihugu muri RDC, Josué Mufula yatawe muri yombi n'inzego

Ibyihebe byishe abaturage 4 bibaciye imitwe mu Ntara ya Cabo Delgado

Abarwanyi bo mu mutwe wa Islamic State mu Mjayaruguru ya Mozambique mu

Tanzania: Abangavu batewe inda imburagihe babujijwe kuzana abana mu ishuri

Minisitiri w’Uburezi muri Tanzania Prof Adolf Faustine Mkenda yavuze ko abangavu batewe

Umuyobozi wa Islamic State yagabweho igitero kiramuhitana

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yavuze ko umuyobozi wa

Umunyamakuru w’Umurusiya yabwiye UMUSEKE icyo Uburusiya bupfa na America muri Ukraine

UMUSEKE ugenda ukurikiranira hafi ibibera mu gihugu cya Ukraine ibihugu by'Iburayi na

DRC: Impanuka y’amashanyarazi yahitanye abantu 25

Kuri uyu wa Kabiri ku isoko ryitwa Matadi Kibala impanuka yatewe n’amashanyarazi

Coup d’Etat yo muri Guinea-Bissau yaburijwemo bamwe mu basirikare baricwa

Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo yatangaje ko nyuma y’urufaya rw’amasasu

Perezida Ndayishimiye yabwiye abarimu ko aho kwigaragambya bajya mu mitwe y’iterabwoba

Umukuru w'igihugu cy'Uburundi, Ndayishimiye Evariste yabwiye sendika z'abarimu ko aho gukora imyigaragambyo