Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 2 zibohora Ruvuma na Pundanhar
Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara…
Burkina Faso: Ubufaransa bwishe abarwanyi 40 buhorera uwahoze mu ngabo zabwo wishwe
Ingabo z’Ubufaransa zavuze ko mu gitero zagabye muri Burkina Faso zishe abarwanyi…
Libya: Inteko yatoye Minisitiri w’Intebe mushya nyamara usanzweho yavuze ko azagumaho
Inteko Ishinga Amategeko ya Libya yatoye Ministiri w’Intebe mushya ari we; Fathi…
Uganda yategetswe guha Congo Kinshasa indishyi ya za miliyoni z’amadolari ku bw’intambara yahateje
Uganda yategetswe kuriha Repubulika ya Demokarasi ya Congo miliyoni 325 z'amadolari y'Amerika…
Cabo Delgado: Ibyihebe byari byarigize ndanze, ubu aho byumvise RDF amaguru biyabangira ingata
Intara ya Cabo Delgado iri mu Majyaruguru ya Mozambique ikaba imwe mu…
Maj Gen Kandiho wikomwa n’u Rwanda yagizwe umuyobozi ukomeye wa Polisi ya Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, kuri uyu wa Kabiri tariki ya…
U Burundi bwakuriweho ibihano byari byafashwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wakuyeho ibihano wari wafatiye Leta y’u Burundi kuva mu…
Goma: Depite Josué Mufula utajya imbizi na Tshisekedi yatawe muri yombi
Umudepite ku rwego rw'igihugu muri RDC, Josué Mufula yatawe muri yombi n'inzego…
Ibyihebe byishe abaturage 4 bibaciye imitwe mu Ntara ya Cabo Delgado
Abarwanyi bo mu mutwe wa Islamic State mu Mjayaruguru ya Mozambique mu…
Tanzania: Abangavu batewe inda imburagihe babujijwe kuzana abana mu ishuri
Minisitiri w’Uburezi muri Tanzania Prof Adolf Faustine Mkenda yavuze ko abangavu batewe…
Umuyobozi wa Islamic State yagabweho igitero kiramuhitana
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yavuze ko umuyobozi wa…
Umunyamakuru w’Umurusiya yabwiye UMUSEKE icyo Uburusiya bupfa na America muri Ukraine
UMUSEKE ugenda ukurikiranira hafi ibibera mu gihugu cya Ukraine ibihugu by'Iburayi na…
DRC: Impanuka y’amashanyarazi yahitanye abantu 25
Kuri uyu wa Kabiri ku isoko ryitwa Matadi Kibala impanuka yatewe n’amashanyarazi…
Coup d’Etat yo muri Guinea-Bissau yaburijwemo bamwe mu basirikare baricwa
Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo yatangaje ko nyuma y’urufaya rw’amasasu…
Perezida Ndayishimiye yabwiye abarimu ko aho kwigaragambya bajya mu mitwe y’iterabwoba
Umukuru w'igihugu cy'Uburundi, Ndayishimiye Evariste yabwiye sendika z'abarimu ko aho gukora imyigaragambyo…