Imikino

Commonwealth games: Ntagengwa na Gatsinzi bongeye kwimana u Rwanda

Mu mikino ihuza Ibihugu bivuga ururimi rw'Icyongereza (Commonwealth Games) iri kubera mu

NYAMASHEKE: Barasaba kubakirwa stade nk’igikorwa remezo cyabavana mu bwigunge

Abatuye mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y'Iburengerazuba bavuga ko kutagira igikorwa

Salma Mukansanga yahawe ikaze muri UNICEF, yabonyemo akazi

Umusifuzikazi Salma Rhadia Mukansanga umaze kwandika izina rikomeye mu Rwanda no ku

Juvénal yakuriye Abayovu inzira ku murima kuri Emmanuel Okwi

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal, yemeje ko ibiganiro na rutahizamu Emmanuel

Ingengo y’imari ya Rwamagana City yongerewe

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rwamagana City bwemeje ko ingengo y'imari y'iyi kipe yamaze

Umujyi wa Kigali ugiye gushinga ikipe ya Volleyball

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yemeje ko Umujyi wa Kigali mu

Umujyi wa Kigali wasuye AS Kigali WFC yitegura Cecafa

Mu kubatera akanyabugabo, ikipe ya AS Kigali Women Football Club, yasuwe n'Umuyobozi

Kiyovu yazanye rutahizamu ukomoka muri Afurika y’Epfo

Rutahizamu ukomoka muri Afurika y'Epfo no muri Algéria, Riyaad Norodien, yageze mu

Ferwafa yashyize igorora abatoza b’abagore

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, yahaye ubwasisi abatoza b'abagore bifuza gukorera Licence

No gutandukana birashoboka umusaruro nubura; Juvénal yavuze k’umutoza mushya

Umuyobozi wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal, yibukije abakunzi b'iyi kipe ko  mu

Kiyovu yemeje ko yatandukanye n’Abanya-Sudan babiri

Mu ntangiriro za Kamena uyu mwaka, ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko

Commonwealth games: Imbamutima za Ntagengwa nyuma yo kugera muri ¼

Mu mikino iri guhuza ibihugu bivuga ururimi rw'Icyongereza iri kubera mu Bwongereza

Simba yabonye undi muterankunga uzayiha arenga miliyani 10$

Ni umuhango wabaye ku manywa yo kuri uyu wa Mbere nk'uko Simba

Cesc Fabregas yagiye gukina muri Serie B

Amakipe yo ku mugabane w'i Burayi akomeje kwiyubaka yitegura umwaka utaha w'imikino.

Abasifuzi bahaye ubutumwa abatoza mu mukino wa gicuti

Ni umukino wabereye mu mvura nyinshi kuri stade ya Kigali i Nyamirambo