Imikino

Cristiano Ranaldo yahigiye kugeza Portugal mu gikombe cy’Isi

Rutahizamu wa Portugal na Manchester United yo mu Bwongereza, Cristiano Ronaldo yavuze

APR FC yikuye kuri Rutsiro Fc ikomeza kurya isataburenge Kiyovu Sports

Kuri iki Cyumweru Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yakomezaga ku

Kiyovu Sports ni yo yitwaye neza muri ‘derby’ itsinze Rayon Sports 2-0

Umukino uhenze, umukino uvugwa, umukino ushyushye, Kiyovu Sports ikomeje kwerekana ko ishaka

Rutahizamu wa Etoile de l’Est afunzwe akekwaho kwiba televiziyo

Rutahizamu w’ikipe ya Etoile de l’Est y’i Ngoma Okenge Lulu Kevin yatawe

UCL: Amakipe yamenye uko azahura muri ¼ cya Champions League

Amakipe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Iburayi yarenze muri kimwe cy’umunani kirangiza cya

Rayon Sports yatumbagije itike ku mukino wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze gushyira ahagaragara ibiciro byo kwinjira ku mukino

Hakizimana avuga ko atazi impamvu yahagaritswe mu kazi, Mukura VS iti “Ari mu bihano”

Ubuyobozi bw'ikipe ya Mukura VS ntibuvuga rumwe n'umutoza ushinzwe kongerara ingufu abakinnyi

U Rwanda rwaciwe miliyoni 120Frw kubera gukinisha Abanya-Brésil badafite ibyangombwa

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryaciwe miliyoni 120 Frw nyuma

REG BBC yatsinze CFV Beira ishimangira gukina BAL 2022 iyoboye akarere ka Sahara

Ikipe ya REG BasketBall Club yari ihagarariye u Rwanda mu mikino yo

Imbamutima z’abakiniye Kiyovu Sports bongeye guhabwa agaciro

Abakiniye ikipe ya Kiyovu Sports (legends) mu myaka yashize ndetse bamwe bakayiha

Kwimana u Rwanda bibiza ibyuya ubigize- Hon Bamporiki yishimira Instinzi ya REG BBC

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Hon Bamporiki Edouard yishimiye intsinzi 

Kiyovu Sports yatsinze Etincelles FC ihita ifata umwanya wa Mbere muri Shampiyona

Kiyovu Sports yatsinze Etincelles Fc 1-0 ikomeza gushimangira amahirwe ko uyu mwaka

KASONGO wasinyiye Kiyovu Sports Club “ngo yiteguye gutanga umusaruro mwiza”

Umukinnyi witwa KASONGO Benjamin yamaze kugera mu ikipe ya Kiyovu Sports Club,

Imodoka ya Niyonzima Olivier Seifu yakoze impanuka

Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Corolla y'umukinnyi w'ikipe y'Igihugu, Amavubi, Niyonzima

Mashami Vincent washinjwe umusaruro nkene mu Mavubi yasezerewe

Nyuma y'igihe humvikana amajwi y'abakurikira ruhago nyarwanda n'abanyarwanda muri rusange bijujutira umusaruro