Imikino

UCL: Kylian Mbappe yahesheje ikuzo PSG itsinda Real Madrid

Mu mukino wa kimwe cy’umunani (Round 16) muri UEFA Champions League Kylian

Etoile de l’Est yabonye umutoza mushya ukomoka muri RD Congo

Umutoza Addy Bukaraba ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo niwe wagizwe

Minisitiri Munyangaju yakiriye umunyabigwi wa Fc Barcelona María Bakero

Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa yakiriye mu biro bye umunyabigwi wakanyujijeho

Igikombe cy’Intwari mu mukino wa Handball cyatwawe na Gicumbi HC

Gicumbi HC yegukanye igikombe cy’Intwari mu mukino w’intoki wa Handball itsinze ikipe

Gicumbi HC yageze ku mukino wa nyuma w’amarushanwa y’Intwari itsinze APR HC

Ikipe y’Akarere ka Gicumbi y’umukono w’intoki Gicumbi Handball Club yageze ku mukino

“Hunga Mukura VS twaje!”, yaherukaga gutsinda APR FC yanze kuyitera ishyari itsinda na Rayon Sports

Ikipe ya Mukura Victory Sports ku kibuga cyayo ihatsindiye Rayon Sports igitego

Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yahaye Papa Francis Impano

Nyina wa rutahizamu wa Portugal ukinira Manchester United, Cristiano Ronaldo Dolores Aveiro

Perezida Mvukiyehe yavuze kuri KNC, yerura ko atazihanganira ushaka kuyobya Abayovu

Perezida wa Kiyovu SC Mvuyikiyehe Juvenal avuga ko iyo perezida wa Gasogi

Kwizera Pierrot yakoze imyitozo ya mbere muri Rayon Sports -AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatatu tariki 9 Gashyantare 2022, nibwo Kwizera Pierrot yatangiye

Abakinnyi ba Senegal n’abaherekeje ikipe buri wese yahawe miliyoni 90Frw

Perezida Macky Sall yageneye buri mukinnyi wa Senegal n'abagize delegasiyo (delegation) agahimbazamusyi

Jose Maria Bakero yasabye FERWAFA abana bafite impano, “bamwereka abagabo”

Umukinnyi wakanyujijeho muri ruhago mpuzamahanga, Jose Maria Bakero wakiniye amakipe akomeye arimo

Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet bongereye amasezerano muri APR FC

Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet

Imikino yo kwishyura izatangira Mukura VS yakira Rayon Sports i Huye

Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ingengabihe y'imikino yo kwishyura, imikino

Abakinnyi nabanje kubategura mu mutwe – Salma Mukansanga

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru muri Cameroun haraye hasojwe Igikombe cy’Afurika

AMAFOTO: Robert Pires na Ray Parlour bombi bakiniye Arsenal batembereye muri Nyungwe

Ray Parlour na Robert Pires bakiniye ikipe ya Arsenal, bamaze iminsi bari