Imikino

AfroBasket: U Rwanda rwatsinzwe na Misiri, Perezida Kagame yari ku kibuga

U Rwanda rwatsinzwe na  Misiri,  amanota 71 - 59 mu mikino y’Akarere

Basketball: U Rwanda rwatsinze Kenya mu mikino ya Zone5, rurakomereza kuri Misiri

Umukino wabanjirije umunsi wa mbere, ikipe y’igihugu y'abagore ya Misiri yatsinze Sudan

Basketball: Min. Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’abari n’abategarugori ihagarariye u Rwanda

Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, Aurore Mimosa Munyangaju yasuye ikipe y’u Rwanda

Menya uko APR FC ihagaze, abakinnyi bongereye amasezerano, abaguzwe n’abagiye

APR FC ibitse igikombe cya shampiyona 2020-2021 yagaragaje abakinnyi bashya yaguze yitegura

Copa America: Argentine yatsinze Bresil, Messi yegukana igikombe gikomeye mu myaka 15

Nyuma y’ imyaka 15 ashaka igikombe ari kumwe n’ikipe y’igihugu cye Argentina,

Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 ntakitabiriye CECAFA izabera muri Ethiopia

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gufata umwanzuro ko amakipe yagombaga

Scandinavia WFC yamenye amakipe izahura na yo mu gushaka itike yo gukina CAF Champions League

Muri tombora y’uko amakipe y’abagore azahura mu karere ka CECAFA ashaka itike

Haringingo Francis wirukanywe na Police FC yasinyiye gutoza Kiyovu Sports

Haringingo Francis Christian uherutse kwirukanwa muri Police FC, yamaze gusinya amasezerano y’umwaka

Manzi Thierry mu mpera z’iki Cyumweru arerekaza muri Georgia

Myugariro w'Amavubi akaba na Kapiteni wa APR FC, Manzi Thierry afite itike

Niyonzima Olivier Sefu arakomanga ku muryango winjira muri Rayon Sports

Nyuma y’imyaka ibiri avuye muri Rayon Sports, myugariro wo hagati mu kibuga

EURO2020: Kuri penaliti itavugwaho rumwe Ubwongereza busanze Ubutaliyani kuri Finale

Hari kuri Satde Wembley yo mu Bwongereza, iyi kipe ya Rahim Starling

“Papa ngeyo?”, Nishimwe Blaise agisha inama se yo gukinira APR FC

Umukinnyi wa Rayon Sports Nishimwe Blaise yagishije inama se, Mateso Jean de

Imana y’ibitego! imyaka 18 irihiritse Jimmy Gatete ajyanye Amavubi muri CAN 2004 – inzira byanyuzemo

Tariki 06 Nyakanga 2003 nyuma y’iminsi ibiri Abanyarwanda bizihije isabukuru y’imyaka yo

Manzi Thierry ukomeje imyitozo ari iwe yahaye ubutumwa bagenzi be bari mu birubuko

Kapiteni w’ikipe y’ingabo z’igihugu Manzi Thierry aganira n’urubuga rw’iyi kipe yageneye ubutumwa

Kwizera Olivier yakatiwe umwaka usubitse, Urukiko rutegeka ko urumogi yafatanywe rutwikwa

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Umunyezamu wari uwa Rayon Sports n'ikipe y'Igihugu