Imikino

APR iri mu makipe yatangije Africa Clubs Association

Mu makipe 80 (Clubs) azaba yibumbiye mu Ishyirahamwe ry’Amakipe yo ku Mugabane

Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwakuye igikombe i Burundi

Abibumbiye mu Rugaga rw’Abunganira abantu mu mategeko mu Rwanda, begukanye igikombe cy’irushanwa

Ba ‘Kit-managers’ bagiye kwishyira hamwe

Abashinzwe ibikoresho mu makipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda, bari mu nzira zo

Cassa Mbungo yasabye AS Kigali ko batandukana

Umutoza mukuru w’ikipe ya AS Kigali, Cassa Mbungo André, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe

Danny Usengimana yavuze uko yabujijwe kujya gukina mu Bufaransa

Rutahizamu utuye muri Canada, Usengimana Danny, yavuze uko yabonye amahirwe yo kujya

Rayon Sports yabonye amanota atatu y’umukino w’ikirarane

Ibifashijwemo na Mussa Esenu na Luvumbu Hértier, Rayon Sports yatsinze Police FC

Abasifuzi mpuzamahanga babiri bari mu bazasifura imikino y’ibirarane

Abasifuzi bagomba kuyobora imikino ibiri y’ibirarane irimo ukinwa kuri uyu wa Kabiri,

Volleyball: U Rwanda rwohereje abatoza batatu muri Brésil

Biciye mu bufatanye bw’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) n’iry’uyu mukino

Ishyirahamwe rya Rugby ryabonye Komite Nyobozi nshya

Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Rugby mu Rwanda, RRF, batoye Komite Nyobozi nshya

Uganda yahize Ibihugu birimo u Rwanda muri Shampiyona Nyafurika yo Koga

Ikipe y’Igihugu ya Uganda yabaye iya mbere, iy’u Rwanda isoreza ku mwanya

Volleyball: REG yaguze abanyamahanga babiri

Ikipe ya REG Volleyball Club, yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakinaga

Ibitego byarumbutse muri shampiyona y’Abagore

Ikipe ya Youvia Women Football Club ikina muri shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri

Abatoza bakumiriwe gukorera Licence B CAF baratakambira Ferwafa

Nyuma y’ibyo abatoza babonye nk’amananiza yo kubakumira gukorera Licence B CAF, baratakambira

Handball: Kiziguro yisubije Coupe du Rwanda

Irushanwa ry’Igikombe cya Coupe du Rwanda mu mukino wa Handball, ryongeye gutaha

Cassa Mbungo yasubije abamutega iminsi

Umutoza mukuru wa AS Kigali, Cassa Mbungo André, yibukije abamushyira ku gitutu