Inkuru Nyamukuru

Nyamagabe: Gahunda ya ‘Mbikore nanjye biroroshye’ izatuma ntawurembera mu rugo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko gahunda ya Mbikore nanjye biroroshye bamaze

Israel Mbonyi yeretswe urukundo n’Abanya-Uganda mu gitaramo cy’amateka

Israel Mbonyi yeretswe urukundo rudasanzwe mu gitaramo yakoreye muri Uganda. Kuva 23-25

Sudan: Urugomero rw’amazi rwahitanye abantu 60

Muri Sudani Urugomero rw'amazi rwa Arbat rwahitanye abantu 60 abandi baburirwa irengero

Goma: Umusirikare yarashe abantu 5

Umusirikare wa Congo yarashe abantu batanu ashakisha inzira ngo ahunge abashakaga kumufata

Guverinoma yemeje ihangwa ry’imirimo ibihumbi 250 buri mwaka

Guverinoma y'u Rwanda yiyemeje guhanga imirimo miliyoni imwe n'ibihumbi magana abiri mirongo

Gahunda y’ingendo z’Abanyeshuri yatangajwe

kigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje imiterere y'ingendo z’abanyeshuri biga

Rusizi: Abana bavukana bahiriye mu nzu

Abana babiri, umukobwa w’imyaka ine n’umuhungu w’imyaka itatu, bahiriye mu nzu bakongokoreramo

Muhanga: Batunguwe n’icyemezo Akarere kabafatiye cyo gufunga amaduka

Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko batunguwe no

Kamonyi : Umusaza yapfiriye mu nkongi yafashe inzu ye

Rubanzambuga Boniface w’imyaka 94 wo mu Karere ka Kamonyi, yapfiriye mu nkongi

M23/AFC irarega leta ya Congo kuvogera ikirere cyabo

Umutwe wa M23/AFC washinje  leta ya Congo gukoresha indege y’intambara ikavogera ikirere

Rusizi: Hegitare zisaga 10 z’ishyamba  zafashwe n’inkongi

Mu Mudugudu wa Nyabigoma, Akagari ka Murwa mu Murenge wa Bweyeye, mu

Sheikh Nzanahayo yongeye gutorerwa kuyobora “Majlis”

Biciye mu matora yabaye kuri iki Cyumweru, Sheikh Nzanahayo Kassim yongeye gutorerwa

APR yasezereye Azam mu marushanwa Nyafurika

Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert, ikipe ya APR FC yatsinze

Rubavu igiye kwakira iserukiramuco rishya rizahuza abanyabirori

Ku mucanga w'i Kivu mu Karere ka Rubavu hagiye gutangizwa iserukiramuco ryiswe

U Burundi bwamaganye ibyo Ndayishimiye aregwa na Armesty International

Guverinoma y’Uburundi yamaganye raporo y’Umuryango Mpuzamahanga Uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International,