Inkuru Nyamukuru

Ibigo nderabuzima birasabwa kudasiragiza abafite ubumuga bw’uruhu

Umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu mu Rwanda, OIPPA, wongeye gutabaza usaba ko ibigo

Amanota y’ibizamini bya Leta agiye gutangazwa

Ikigo Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko ku wa Kabiri tariki

Sandrine Isheja yahawe inshingano muri RBA

Isheja Sandrine Butera wari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru

Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho muri MINISPORTS yirukanywe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2024,

Muhanga: Babwiwe ko gusaba imbabazi no kuzitanga bibohora

Umuryango wa Gikirisitu wita ku Isanamitima(CARSA) uvuga ko abagize uruhare muri Jenoside

Rwanda: Abakora uburaya nibo bibasiwe n’Ubushita bw’Inkende

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ibyiciro byibasiwe cyane n’indwara y’Ubushita bw’inkende ari abakora

Abagore 1440 barashima umuryango wabakuye mu buzima bwo guca inshuro

Bamwe mu bagore bo mu turere turindwi tw'u Rwanda bahamya ko batakibeshejweho

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zigiye kongera guhurira mu biganiro

Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’iz'u Rwanda, zirateganya kongera

Perezida Kagame yagaye Umujyi wa Kigali

Perezida Paul Kagame yagaye Umujyi wa Kigali utarakemuye hakiri kare ikibazo cya

Musonera wari ugiye kuba Umudepite yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwafunze Musonera Germain (Jerimani), wari igiye

Urupfu rw’umu-DASSO rwasize urujijo ku cyamwishe

Rusizi: Mu murenge wa Nyakabuye mu karere ka Rusizi  mu ntara y'iburengerazuba

Dr Ngirente yasabye urubyiruko kugira uruhare mu cyerekezo cy’Igihugu

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yasabye urubyiruko kurinda ibyagezweho no gukomeza kugira

Muhanga: Leta yabahaye amashanyarazi bizanira amazi  

Abateye iyi ntambwe ni abatuye mu Mudugudu wa Kabayaza, Akagari ka Buramba,

Itorero “Abanywagake” n’andi 42 yahagaritswe  

Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ko yahagaritse imiryango Ishingiye ku myemerere idafite ubuzima

Dusengiyumva yongeye gutorerwa kuyobora umujyi wa Kigali

Samuel Dusengiyumva yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali nyuma y’amatora yakozwe na