Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yirukanye Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya

Biciye mu Itangazo ryasohotse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente,

Kigali: Abantu Batanu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Abantu batanu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu Mujyi wa Kigali, mu

Rulindo: Batatu bishwe n’ikirombe abandi baracyashakishwa

Abantu umunani bari bari gukora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro mu buryo butemewe n'amategeko

Umwihariko w’igiterane ‘Africa Haguruka’ kigiye kuba ku nshuro ya 25

Itorero Zion Temple Celebration Center rya Apôtre Dr Paul Gitwaza ryateguye igiterane

Nyanza: Umusaza yafatanywe utubure tw’urumogi  mu dukarito tw’itabi

Mu karere ka Nyanza umusaza yatawe muri yombi akekwaho gucuruza urumogi ruri

Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Ethiopia bibasiwe n’inkangu

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yihanganishije Abanya-Ethiopia baheruka kwibasirwa n’inkangu aho kuri

Muhanga: Inzu yahiye ibirimo byose birakongoka

Inzu y'uwitwa Bakundukize Pamphile yafashwe n'inkongi ibyarimo byose birakongoka. Iyi nzu iherereye

Abahagarariye Madjaliwa bagiye kurega Rayon Sports

Biciye mu bahagarariye inyungu z'umukinnyi w'ikipe y'igihugu y'u Burundi na Rayon Sports,

Nyagatare: Hafunguwe Uruganda rutunganya amata y’Ifu

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Ngirente Edouard, yafunguye ku mugaragaro uruganda rutunganya

Agahinda k’umwana w’umukobwa watewe inda na Se umubyara (VIDEO)

Kaneza (izina twamuhaye) ni umubyeyi w’umwana umwe w’umuhungu wasambanyijwe na Se umubyara

Rusizi: Umukobwa ukomoka i Huye yishwe n’abantu bamusanze aho yakoreraga

Abagizi ba nabi bataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wakoraga mu Kabari k'urwagwa

Ruhango: RIB yafunze abakekwa gusiga amazirantoki urugo rwa Mudugudu

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB , mu Karere ka Ruhango, rwafunze abagabo babiri bakekwa 

Perezida wa Nigeria yahaye gasopo urubyiruko rushaka kwigaragambya

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubi, yihanangirije urubyiruko rwateguye imyigaragambyo iteganyijwe ku wa

Tshisekedi yirukanye uwavuzwe mu biganiro na M23 i Kampala

Perezida wa Congo, Felix Antoine Tshisekedi, yirukanye Abbé Jean Bosco Bahala Lusheke

Uganda: Abigaragambya bahaswe igiti abandi barafungwa

Abiganjemo urubyiruko bishoye mu mihanda bamagana ruswa ngo ivuza ubuhuha mu Nteko