Inkuru Nyamukuru

Nyanza: Akarere kahannye umuyobozi warezwe kwiba ibiryo

Hamana Jean de Dieu, Umuyobozi w'ishuri ribanza rya Nyakabuye ukekwaho kwiba ibiryo

Abayovu bavuye imuzi icyaciye intege ikipe bakunda

Nyuma yo kumara imyaka 30 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,

Rubavu: Ikirombe cyagwiriye bane, umwe ahasiga ubuzima

Nizeyimana Florence wo mu Karere Ka Rubavu yaguye mu kirombe gicukurwamo itaka

Ethiopia: Abantu barenga 157 bishwe n’inkangu

Inkangu yatewe n'imvura nyinshi yibasiye agace k'imisozi yo mu Majyepfo ya Etiyopiya

Umugore yishe umugabo we amukase igitsina

Polisi yo muri Uganda irahigisha uruhindu umugore w'imyaka 28 y'amavuko ukekwaho kwica

Kigali : Abahinzi bari guhugurwa uko bakongera umusaruro

Abahinzi bahagarariye abandi bo mu mujyi wa Kigali , muri zone ya

Kenya : Urubyiruko rwateguye imyigaragambyo ku kibuga cy’indege rwahawe gasopo

Polisi ya Kenya, yahaye gasopo  abantu bose bateganya kwigaragambya none ku wa

Congo igiye kuburanisha Corneille Nangaa wa AFC/M23

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yafashe umwanzuro ko guhera ku wa 24

Rusizi: Barakwiba wakopfora ugakubitwa bakagusiga wambaye ubusa

Abaturage bo mu Mirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n'ubujura bukabije buhindura

Perezida Samia Suluhu yahambirije bamwe mu bagize Guverinoma

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan ushinjwa n'amahanga kuniga itangazamakuru no gukandamiza

AFC/M23 yashinje Congo kutubahiriza agahenge katanzwe

Ihuriro AFC ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’umutwe witwaje intwaro wa M23 rihanganye

Ruhango: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Ntahomvukiye Innocent wo mu Mudugudu wa Cyunyu mu Kagali ka Rwoga, mu

Padiri wa Diyosezi ya Byumba yitabye Imana

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba, yitabye Imana

Nyanza: Umugabo yashatse kwica umugore amubuze atwika inzu

Mu karere ka Nyanza , umugabo witwa SEBATUNZI Innocent  w’imyaka 42  bikekwa

Kigali: Abantu 12 barembeye mu Bitaro nyuma yo kunywa Ubushera

Abaturaga 12 bikekwa ko banyoye ubushera mu Mudugudu wa Kagese, AKagari ka