Inkuru Nyamukuru

Dr Uwamariya yasabye urubyiruko gucukumbura amateka y’u Rwanda

Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Dr Uwamariya Valentine yasabye urubyiruko kwiga amateka yaranze

Ruhango: Batunguwe no kubona mu ruhame uwo bari bashyinguye 

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Bweramana,

Uruhare rw’uburinganire n’ubuziranenge mu iterambere ry’inganda mu Rwanda

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kimwe mu bikorwa by’ingenzi Leta

Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zavuguruye inzu y’Ababyeyi

Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ryoherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika

Nyanza: Umwana yaguye mu cyobo cy’amazi

Mu Karere ka Nyanza, mu  cyobo cy'amazi hasanzwe umurambo w'umwana aho yari

Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30, umugore we asabirwa gufungwa 29

Abaregwa uko ari batatu babiri muri bo nibo bagaragaye mu Rukiko, abo

M23 yijihije imyaka 12 imaze isura abarwayi

Mu kwizihiza isabukuru y'imyaka 12 umutwe wa M23 umaze ushinzwe, mu bikorwa

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa ubuto

Perezida wa Repubulika Paul Kagame , yasabye urubyiruko kurangwa n’umuco wo gukorera

AFC/M23 yihanangirije abayo bazijandika mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro

Ihuriro AFC ry’imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya

Congo yarekuye abakozi ba Kenya Airways

Sosiyete y’indege yo muri Kenya, Kenya Airways, yemeje irekurwa ry’abakozi bayo, ivuga

Abo mu Mirenge y’ibyaro barataka kutagira imodoka rusange

Muhanga: Abatuye n'abakorera mu Mirenge iherereye mu Majyaruguru y'Akarere bavuga ko gutega

Umutwe wa Hamas ugiye guhagarika imirwano

Ubuyobozi bwa Hamas bwatangaje ko bwemeye ingingo zigize amasezerano yo guhagarika imirwano

Muhima: Bifashisha urwego ngo bagere mu ngo ‘Umunyabubasha’ yafunze inzira

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhima, mu Mudugudu w’Intiganda, mu

Gatete Jimmy yagarutse i Kigali

Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe y’Igihugu Amavubi ndetse utazibagirana mu matwi y’Abanyarwanda, Jimmy

Umuyobozi muri Polisi akurikiranyweho gukora Jenoside

Nyanza: Amakuru agera ku UMUSEKE aravuga ko umuyobozi wa Polisi (DPC) mu