Inkuru Nyamukuru

Nyamasheke: Abavandimwe Babiri  baguye mu bwiherero 

Abasore babiri bavukana baguye mu bwiherero bahita bitaba Imana nkuko ubuyobozi bwabibwiye

Zambia igiye kwakira Inama idasanzwe yiga ku mutekano wa Congo

Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo, SADC, watangaje ko utegura inama idasanzwe  y’urwego

Jean Fidèle yijeje Aba-Rayons kuziyamamariza indi manda

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Rtd Capt, Uwayezu Jean Fidèle yatangaje ko

 Rwanda : Hafunguwe Ikigega Gishinzwe Iterambere ry’Ibicuruzwa byoherezwa hanze

Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda, Dr. Ngirente Edouard, yafunguye ku mugaragaro ikigega Gishinzwe

Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rigeze kuri  4.9%

Imibare ya Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR, yatangaje ko ihindagurika  ry'ibiciro by'ibiribwa

RIB yataye muri yombi  umukozi wa Minisiteri ukekwaho  Ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi  Niyigena Patrick, umukozi

U Rwanda rwakiriye impunzi 91 zivuye muri Libya

Guverinoma y’u Rwanda yakiriye impunzi 91 zivuye muri Libya, aho zari zimaze

Gen Muhoozi yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda

Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, akaba

Rayon Sports yahembye abitwaye neza muri Gashyantare (AMAFOTO)

Abakinnyi barimo Umunyezamu, Khadime N’diaye na Myugariro Uwimbabazi Immaculée bahembwe nk’abitwaye neza

Nyanza: Mu murima w’umuturage hahinzwe urumogi

Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma mu kagari ka Mulinja

Perezida wa Rotary International ashima uruhare rwayo mu iterambere ry’u Rwanda

Perezida wa Rotary International, Gordon McInally,  yashimye uruhare rw’uyu muryango mu iterambere

Paris: Udukingirizo turenga ibihumbi 200 tuzatangwa mu mikino Olempike

Inzego zishinzwe ubuzima mu mikino Olempike iteganyijwe kubera i Paris mu Bufaransa

Abapolisi b’u Rwanda bari Sudani y’Epfo na Centrafrique bambitswe imidali

Abapolisi b’u Rwanda 425 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, barimo 240

Perezida Kagame yasabye abayobozi bakuru kudakorera ku jisho

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yibukije abagize Guverinoma n'abandi bayobozi bakuru mu

Inyamibwa zigiye kubara inkuru y’urugendo rw’imyaka 30 u Rwanda ruzutse

Imyaka 30 irashize u Rwanda rubonye ubuzima bushya bugereranywa n’umuzuko kuko rufatwa