Inkuru Nyamukuru

George Weah ategerejwe i Kigali

Uwahoze ari Perezida wa Libérie, George Weah wanabaye umukinnyi ukomeye ku Isi,

RDC: Umunyamakuru uregwa ibihuha yakatiwe  gufungwa amezi atandatu

Umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Stanis Bujakera yakatiwe

Nyagatare: Abaturage bakennye bagiye guhindurirwa imibereho

Ubuyobozi bwa Croix Rouge y'u Rwanda bwihaye intego yo gufasha abaturage bakennye

Barasabwa kugira umuco wo kwizigamira no kubitoza abato

Ibyiciro bitandukanye by'abanyarwanda birashishikarizwa kugira umuco wo kwizigamira no kubitoza abato, bagaca

Leta ya Congo yatanze ikirego mu rukiko rwa EAC irega u Rwanda

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatanze ikirego mu Rukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba

Hari kwigwa uko umusore cyangwa inkumi ifite imyaka  18 yashyingirwa

Umushinga w'Itegeko rigenga abantu n'umuryango uteganya ko, umuntu ufite imyaka 18 ashobora

Abinjije umuceri utujuje ubuziranenge mu gihugu bagiye guhanwa

Ikigo cy'Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko abacuruzi binjije mu gihugu umuceri

Gutinya Imana byatumye Mirafa asezera ruhago ku myaka 28

Nizeyimana Mirafa wamaze guhagarika gukina umupira w’amaguru ku myaka 28 gusa, avuga

Sudani y’Epfo yafunze amashuri kubera ubushyuhe bukabije

Guverinoma ya Sudani y’Epfo yafashe icymezo cyo kuba ifunze amashuri kubera ubushyuhe

Congo ishinja u Rwanda ubushotoranyi ntizizihiza umunsi wa Francophonie

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko kuri ubu itazizihiza  Umunsi Mpuzamahanga

Putin azategeka Uburusiya kugeza muri 2030

Perezida w'Uburusiya Vladimir Putin yahigitse abo bahanganye  mu matora  yo ku wa

Perezida Kagame na Madame Jeannette Kagame bitabiriye Car Free Day

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame, bari mu

Abaturarwanda barasabwa kwipimisha uburwayi bw’impyiko bwugarije n’abakiri bato

Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima, RBC, kirasaba Abaturarwanda kwita ku mpyiko zabo, harimo no

Niger yirukanye ku butaka bwayo ingabo za Amerika

Umuvugizi wa leta ya Niamey  yatangaje ko Niger isheshe amasezerano y’ubufatanye mu

Rubavu: ‘Abuzukuru ba Shitani ‘ bari guhigwa bukware

Polisi y’Igihugu itangaza  ko abagera ku bantu icyenda  baregwa urugomo n'ubujura  mu