Inkuru Nyamukuru

Kamonyi: Umubyeyi yapfiriye ku nda mu nzira ajya kubyara

Nagahozo Devotha Umubyeyi w'Imyaka 35 y'amavuko yafashwe n'ibise mu gitondo  ashatse kujya

Abarumwa n’inzoka bakirukira mu bagombozi baburiwe

Ikigo cy’igihugu Gishinzwe ubuzima mu Rwanda, RBC, kirasaba abantu kwihutira kujya kwa

Amavubi y’Abagore yahamagaye abakinnyi bitegura irushanwa rya EAC

Umutoza w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru y’Abagore, She-Amavubi, yahamagaye abakinnyi 20

Inkumi n’abasore basoje amahugurwa ku gucunga umutekano bya kinyamwuga

Mu Mujyi wa Kigali, tariki 25 Mutarama 2024, habereye umuhango wo gusoza

Bwa mbere mu mateka umuntu yicishijwe gaz ya nitrogen

Lata ya Alabama muri Amerika yishe imfungwa yahamwe n’ubwicanyi yitwa Kenneth Eugene

Burera: Kutagira agakiriro bituma urubyiruko rushora imari ahandi

Urubyiruko n'abikorera bo mu Karere ka Burera bavuga ko kuba bafite amashuri

Umutoza w’Amavubi yakuye igihu ku mihamagarire y’abakinnyi

Umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, Torsten Frank Spittler,

Lt Gen Doumbouya, Perezida wa Guinée yatangiye uruzinduko rw’akazi i Kigali

Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Guinée, Lt Gen Mamadi Doumbouya watangiye

Umutoza w’Amavubi yatunze urutoki abatoza b’Abanyarwanda

Umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, Torsten Frank Spittler,

Musanze: Gitifu w’Umurenge yasezeye ku mirimo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, Nsengiyumva Justin yanditse

M23 yahaye amapeti abarimo umuvugizi wayo Willy Ngoma 

Umutwe wa M23 wazamuye mu ntera abasirikare bayo barimo  umuvugizi w’uyu mutwe 

Ruhango: Haravugwa utubari ducuruza abana b’abakobwa

Mu Murenge wa Kinazi,mu Karere ka Ruhango, haravugwa utubari dukoresha abana b’abakobwa

Kagame yakebuye abayobozi bakorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho”

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakebuye abayobozi banga gufata umwanzuro, batinya kwiteranya

Gen Mamadi Doumbouya wa Guinée utegerejwe mu Rwanda ni muntu ki ?

Kuri uyu wa kane tariki ya 25 Mutarama 2024,Perezida wa Guinée, Gen

“Abarakare” bakuye abana mu ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiva ‘Kwa Shitani’

Rutsiro: Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati bahoze basengera mu