Inkuru Nyamukuru

“Abarakare” bakuye abana mu ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiva ‘Kwa Shitani’

Rutsiro: Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati bahoze basengera mu

Perezida Kagame yongeye gusaba abari muri ruhago kureka amarozi

Umukuru w’Igihugu cy’u’ Rwanda, Paul Kagame, yasobanuye impamvu atakigaragara kuri za Stade

Nyanza: Urujijo kuri ba Gitifu bari gusezera umusubirizo

Hari abanyamabanga Nshingwabikorwa bakoraga mu karere ka Nyanza basezeye akazi ku mpamvu

Uburusiya burashinja Ukraine kurasa indege itwaye imfungwa z’intambara

Umwe mu Badepite mu Nteko y’Uburusiya yashinje Ukraine kurasa indege yarimo imfungwa

Kigali: Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka

Abantu batatu bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya kompanyi itwara abagenzi ikorera i

Burera: Abashakira amaronko mu biyobyabwenge bagiye guhigwa bukware

Abatuye mu Karere ka Burera by'umwihariko abiganjemo urubyiruko rurimo n'abahoze mu bucuruzi

Wazalendo bagabye ibitero kuri M23

Imirwano ikomeye yabereye muri Teritwari ya Masisi, ibitangazamakuru byo muri Congo, bivuga

Ba Njyanama bemeye ko bakiriye  amabaruwa  y’abayobozi asezera akazi

Ba Perezida b'Inama Njyanama b'uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga,bemereye UMUSEKE ko bamaze

Kiyovu Sports yemeje ko Ndorimana wayiyoboraga yeguye

Biciye kuri Visi Perezida wa mbere w’ikipe ya Kiyovu Sports Ushinzwe Imari,

RD Congo  yaganiriye na Afurika y’Epfo ku mugambi wo kurandura M23

Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yakiriye mu  biro bye intumwa ya

U Burundi bwahinduye imvugo ku ijambo rya Ndayishimiye ku Rwanda

Leta y’u Burundi yabeshyuje ibyavuze n'u Rwanda ko ku magambo ya Perezida

Inyeshyamba za M23 zashyizeho abayobozi mu bice zigenzura

Umutwe w'inyeshyamba za M23, zirwanya ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, zashyizeho abayobozi barimo

Ntimugatinye ibitumbaraye, akenshi biba birimo ubusa – Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ikibazo cy'umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo

Interforce na Kiyovu zasezerewe kigabo mu Gikombe cy’Amahoro

N’ubwo zitabashije gukomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Amahoro, ikipe ya Interforce FC ikina

Perezida Kagame yahaye ubutumwa abasebya u Rwanda kubera ‘Iposho’

Perezida wa Repubulika yongeye gusaba Abanyarwanda kwiha agaciro, baharanira guteza imbere igihugu