Inkuru Nyamukuru

Gicumbi: Abanyeshuri bari guhabwa inzitiramibu

Mu Mirenge igize Akarere ka Gicumbi, ibigo bifite abanyeshuri biga bacumbikirwa, biri

Abacuruza akabari n’abakunda kwidagadura bugacya RDB yabibutse

Muri iki gihe cy'iminsi mikuru, impera za weekend, kuva tariki 15 Ukuboza,

Ibyo gushyirwaho na Gatabazi,dosiye y’imicanga, Murekatete wayoboye Rutsiro yiniguye

Ikiganiro gishishikariza abantu gutaha cyatumye agirwa igicibwa Guhimba inkuru zimuvuga byari bigamije

Urupfu rwa Gitifu wari uzwi nka “Muntu w’Imana” rwashavuje benshi

Urupfu rwa Byukusenge Emmanuel bahimbaga "Muntu w'Imana" wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa

Burundi: Udafite miliyoni 100 ntaziyamamaza ku mwanya wa perezida

Mu gihugu cy'u Burundi haatangajwe ko umuntu ushaka kwimamamaza ku mwanya w'umukuru

U Bwongereza: Umwimukira yiyahuye

Umwimukira wari ufungiye muri kontineri iri hejuru y’amazi y’ahitwa Bibby Stockholm, mu

Nyamasheke: Imbwa 62 ziciwe mu mukwabu udasanzwe

Mu Karere ka Nyamasheke bari mu mukwabu udasanzwe wo guhiga imbwa z'inyagasozi

Moïse Katumbi yahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza

Moïse Katumbi ukubanye na Perezida Tshisekedi mu matora y'umukuru w'igihugu yafashe icyemezo

Rusizi: Akarere kahagurukiye kugeza iterambere mu mirenge ya Nkanka na Giheke

Imirenge ya Nkanka na Giheke yo mu karere ka Rusizi, iri mu

Muhanga: Umuyobozi arashinjwa kwigira ikitabashwa

Umuyobozi Mukuru w'Ibitaro by'Akarere bya Nyabikenke, Dr Nkikabahizi Fulgence abo bakorana bamunenga

Urukiko ruzumva ibiganiro Karasira Aimable yatanze rusuzume niba harimo ibyaha

Aimable Karasira Uzaramba yongeye kugera imbere y'ubutabera, yasabye urukiko ko rwazumva ibiganiro

Imirwano ya FARDC na M23 yongeye guca ibintu muri Nyiragongo

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yasubukuye mu gitondo

BDF na Hinga Wunguke mu mikoranire yo gushyigikira abahinzi babuze ingwate

Ikigega gishinzwe guteza imbere imishinga mito n'iciriritse, BDF, cyasinye amazerano y'ubufatanye n'umushinga

Inteko y’u Bwongereza yemeje ko mu Rwanda hatekanye

Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza kuri uyu wa kabiri tariki ya

Barasaba ko itegeko ryo gukuramo inda ku bushake rivugururwa

Mu itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ryasohotse mu 2018 no mu