Kiyovu yaguye miswi na Rayon, Police isoza imikino ibanza neza
Mu mikino y’umunsi wa 15 wa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, ikipe ya…
Nyanza: Umusore arakekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 28
Umusore w'imwe muri hoteli yo mu Mujyi wa Nyanza yatawe muri yombi…
Pakistan: Umwiyahuzi yishe abapolisi 23
Umwiyahuzi yahitanye abapolisi 23 akomeretsa 32 nyuma y'uko yiturikirijeho igisasu kuri sitasiyo…
Nyanza: Urukiko rwafunguye by’agateganyo umusore warezwe kwica umugabo
Urukiko rw'Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza, rwafashe icyemezo cyo gufungura…
Umwanzuro w’Ubushinjacyaha wemeza ko Dr. Rutunga yagize uruhare muri Jenoside
Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Dr. Rutunga wahoze ari umuyobozi muri ISAR Rubona, ibyaha bya…
Titi Brown agiye gusubizwa imbere y’inkiko
Umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown agiye gusubizwa imbere y'inkiko nyuma…
U Rwanda ruvuga ko Tshisekedi afite indimi ebyiri mu guhosha imirwano muri Congo
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko Perezida wa…
Hatangajwe itariki y’amatora ya Perezida
Amatora ya Perezida wa Repubulika yamaze kwemezwa ko azabera rimwe n'ay'Abadepite ateganyijwe…
Bugesera: Padiri yagonze abantu
Padiri Gakuba Célestin wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru…
Afurika y’Epfo: Umuhanzi Zahara wari icyamamare yapfuye
Umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo wari ukunzwe n’abatari bake, Bulelwa Mkutukana uzwi…
RDC: Hari agahenge k’imirwano hagati ya M23 na FARDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye muri Repubulika Iharanira…
Masaka: Abaturage bariye ‘Karungu’ kubera mugenzi wabo waburiwe irengero
Abaturage bo mu Murenge wa Masaka,Akagari ka Ruseheshe , bababajwe n’ibura bita…
Kureba Rayon na Kiyovu birasaba kwigomwa ikiro n’inusu cy’isukari
Abifuza kuzareba umukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona y'Icyiciro cya mbere uzahuza…
Rusizi: Inkongi yibasiye inzu y’umuturage irakongoka
Ku isaa ya saa kumi n'imwe z'umugoroba wo kuri uyu wa mbere…
Byavuye mu iyerekwa! Inkomoko ya Grace Room Ministries yatangijwe na Pasiteri Kabanda
Imyaka itanu irashize Pasiteri Julienne Kabanda atangije umuryango’ Grace Room Minisitries. Ni…